Abanyarwanda bazatora barenga Miliyoni 9

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Komisiyo y’igihugu y’amatora NEC yamaze gutangaza urutonde ntakuka rw’abanyarwanda bazatora umukuru w’igihugu n’abagize Inteko ishingamategeko mu matora ateganijwe kuwa 14 na 15 Nyakanga 2024.

NEC yatangaje yatangaje ko abantu 9,071,157 ari bo bari kuri lisiti y’itora ntakuka. NEC yagaragaje kandi ko mu bari ku rutonde ntakuka, 77,138 ari Abanyarwanda baba hanze bazatorera mu mahanga.

Iyi lisiti yashyizwe ahagaragara niyo izagenderwa ho mu ma site y’itora ndetse no ku byumba by’itora. Isohotse nyuma y’igihe kinini abanyarwanda bashobora kwiyimura bagahindura aho bazatorera. Nyuma yayo ntabwo kwiyimura kuri lisiti z’itora bigikunda.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
12:52 am, Jul 3, 2024
temperature icon 18°C
few clouds
Humidity 52 %
Pressure 1015 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 20%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:03 am
Sunset Sunset: 6:04 pm

Inkuru Zikunzwe