Amerika yongeye kugamburuzwa

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Umutwe w’iterabwoba w’Aba-Houthis, urwanya Leta ya Yemen, umaze iminsi ushotora ibihugu by’ibihangange, warashe ubwato bw’intambara bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), nyuma y’iminsi mike hari undi ugabye igitero cy’indege ku ngabo z’iki gihugu kigahitana abasirikare bacyo batatu.

Uyu mutwe bivugwa ko uterwa inkunga n’igihugu cya Iran kidacana uwaka na Amerika, wigambye ko warashe ubwo bwato mu nyanja itukura ndetse n’ingabo za Leta Zunze Ubumwe Za Amerika zirwanira mu mazi zemeje aya makuru, gusa zivuga ko nta muntu n’umwe wahasize ubuzima.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
5:24 am, Jul 27, 2024
temperature icon 17°C
scattered clouds
Humidity 59 %
Pressure 1015 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe