APR FC yashyikirijwe igikombe mu birori by’akataraboneka

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

 

 Mu birori biteguye neza ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya  shampiyona cya 22 iherutse kwegukana yanikiye  andi makipe bari bagihanganiye.

APR FC yahawe igikombe nyuma y’umukino wari umaze kuyihuza n’Amagaju urangira amakipe yombi anganya igitego kimwe kuri kimwe . Ni ibirori iyi kipe yari yateguye neza  isusurutsa abakunzi bayo bari baje ari benshi.

Nyuma y’ibi birori umuyobozi wa APR FC Col Karasira Richard yahise atangaza ko uwari umutoza wabo Umufaransa Thierry Forger batazakomezanya nawe n’ubwo abaheshije igikombe badatsinzwe.

Iki gikombe APR FC yatwaye cyashimangiye ubuhangange n’igitinyiro imaze kubaka muri shampiyona y’u Rwanda gusa iracyanengwa ko iyo isohokeye igihugu mu marushanwa mpuzamahanga isezererwa itarenze umutaru.

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
5:50 am, Jul 27, 2024
temperature icon 17°C
scattered clouds
Humidity 59 %
Pressure 1016 mb
Wind 5 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe