Cardinal Ambongo yasabiye igisirikare ingengo y’imari yo gutsinda M23

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Cardinal Fridolin Ambongo yasabye inteko ishinga amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), gushyigikira igisirikare cya FARDC kugira ngo kibashe gutsinda intambara gihanganyemo n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’igihugu kihagarure amahoro.

Mu gitambo cya Misa yo gusabira abahitanywe n’intambara mu Burasirazuba bwa Congo, cyabaye kuwa 24 Gashyantare, Arkiyepiskopi wa Kinshasa, Cardinal Ambongo, yavuze ko “igihe kigeze ngo abadepite bagene ingengo y’imari yo gukemura ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo, binyuze mu guha ubushobozi nkenerwa ku basirikare bari ku rugamba.

Ati “Ndahamagarira igihugu gushyira hamwe mu guhangana n’umwanzi”.

 

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
4:58 am, Jul 27, 2024
temperature icon 18°C
scattered clouds
Humidity 52 %
Pressure 1015 mb
Wind 2 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe