Hari abaturage benshi batarumva impamvu hatorwa abasenateri – NEC

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyagarukaga ku myiteguro y’amatora y’abasenateri Komisiyo y’igihugu y’amatora yagaragaje ko hari abanyarwanda benshi batarumva impamvu yo gutora abasenateri.

Perezida wa NEC, Oda Gasinzigwa, yasabye inzego zegereye abaturage gukomeza ubukangurambaga bugamije kumenyesha abaturage inshingano z’abasenateri n’impamvu bagomba kuva mu matora.

Madame Gasinzigwa yatangaje ko kugeza ubu ibikorwa byo kwiyamamaza biri kugenda neza nta kibazo cyari cyagaragara. Ibikorwa byo kwiyamamaza byatangiye kuwa 26 Kanama 2024.

- Advertisement -

Ubusanzwe Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe wa Sena, igizwe n’Abasenateri 26. Muri bo, 12 baratorwa aho mu Mujyi wa Kigali hatorwa umusenateri umwe, Amajyaruguru 2, Amajyepfo 3, Iburasirazuba 3 ndetse n’Iburengerazuba hagatorwa Abasenateri 3.

Abakandida Senateri baratangira kwiyamamaza

Amatora y’abasenateri ateganijwe taliki 16 na 17.09.2024. Abazatorwa ni abàsimbura abari baratowe mu mwaka wa 2019.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
9:13 pm, Sep 16, 2024
temperature icon 25°C
broken clouds
Humidity 39 %
Pressure 1013 mb
Wind 9 mph
Wind Gust Wind Gust: 20 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:51 am
Sunset Sunset: 5:57 pm

Inkuru Zikunzwe