Kenya: Umwarimukazi yihaye intego yo gushyiraho agahigo ko kumara amasaha 50 yigisha

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Umwarimukazi wo muri Kenya, Rose Tata Wekesa, yavuze ko afite intego yo gushyiraho agahigo akandikwa mu gitabo cya ‘Guinness World Record’ (GWR) ku isomo rya siyansi ryigishijwe mu gihe kirekire n’umuntu ku giti cye.

Rose Tata Wekesa avuga ko afite intego yo kwigisha byibuze amasaha 50.

Ibi yabitangaje kuri uyu wa kane, taliki 16 Gashyantare 2024, Saa 10:00 za mu gitondo aho yari amaze amasaha arenga 42 yigisha, avuga ko yizeye gukomeza kugerageza kugeza ku wa gatanu.

Ni umwarimu wigisha amasomo y’ibinyabuzima, ubugenge n’ubutabire mu ishuri ryitiriwe Mutagatifu Austin, ishuri mpuzamahanga riri mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
1:37 am, Jul 27, 2024
temperature icon 21°C
scattered clouds
Humidity 40 %
Pressure 1014 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe