Kunywa urumogi mu ruhame byemewe mu Budage

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Inteko ishinga amategeko mu Budage yashyigikiye itegeko rishya ryemera kunywa urumogi mu ruhame. Muri iri tegeko, abarengeje imyaka 18 bemerewe ingano y’urumogi ariko hari amabwiriza agendanye no kurugura.

Guhera tariki 1 Mata bizaba byemewe kunywa urumogi mu ruhame. Mu ruhame umuntu azajya aba yemerewe garama 25 naho mu rugo yemererwe garama zitarenze 50. Ubusanzwe mu Budage ntabwo polisi yakurikiranaga uwanyoye urumogi

Iri tegeko rizagabanya ikoreshwa ry’urumogi mu bwihisho, ibyatumaga hari abanywa urutujuje ubuziranenge, binagabanye magendu zakorwaga mu bucuruzi bwarwo.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
8:56 am, Jul 27, 2024
temperature icon 19°C
few clouds
Humidity 55 %
Pressure 1016 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 20%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe