Miliyoni 30 $ zigiye gushorwa mu kongera amashyamba

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Ministeri y’ibidukikije na Banki nyafurika itsura amajyambere batangiye ubufatanye bugamije kongera amashyamba no guteza imbere ubuhinzi butangiza ibidukikije. Mu ntara y’amajyepfo no mu karere ka Gakenke mu ntara y’amajyaruguru.

Minisitiri w’ibidukikije Jeanne D’Arc Mujawamariya yavuze ko uyu mushinga uje kongera ubuso buteweho amashyamba ndetse ngo uzanafasha cyane imishinga y’ubuhinzi ikorera muri izi ntara umushinga ugiye gukorerwa mo.

Banki nyafurika itsura amajyambere niyo igiye gushora Miliyoni 30 z’amadorali ya Amerika mu gutera amashyamba. Ni umushinga uzamara imyaka 5.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
5:15 am, Jul 27, 2024
temperature icon 18°C
scattered clouds
Humidity 52 %
Pressure 1015 mb
Wind 2 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe