U Rwanda rugiye kwakira ikigo cy’icyitegererezo cyigisha kubungabunga amahoro

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwagiranye inama n’ubw’Ikigo cy’Amahugurwa n’Ubushakashatsi cy’Umuryango w’Abibumbye (UNITAR), igamije gushyiraho Ikigo cy’Icyitegererezo cyigisha Kubungabunga Amahoro.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Mugang, yavuze ko u Rwanda ruri mu bikorwa byo kugarura no kubungabunga amahoro kuva mu 2004, ariko haburaga urubuga rwo gusangizanya amasomo kandi hari byinshi byo gusangizanya no kwigiranaho.

Ati “Usibye gusangira amasomo n’ibikorwa no kugerageza ibitekerezo bishya, ikigo gishobora kuba inyongera mu kubona amahugurwa kubera ibikoresho bihagije.”

U Rwanda rusanzwe ruri mu bihugu bitanu bya mbere bitanga ingabo nyinshi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro ku Isi.

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
5:16 am, Jul 27, 2024
temperature icon 18°C
scattered clouds
Humidity 52 %
Pressure 1015 mb
Wind 2 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe