Perezida Kagame yakiriwe na Perezida wa Korea y’epfo

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri muri Korea y’epfo mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere yakiriwe na Mugenzi we wa Korea y’epfo Perezida Yoon Suk Yeol.

Urubuga rwa X rwa Perezidansi y’u Rwanda rwagaragaje ko abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro bigamije kunoza ubufatanye mu nzego zitandukanye.

Perezida Kagame na Rev. Billy Kim

Perezida Kagame kandi amakuru ava muri Korea y’epfo aremeza ko yahuye na yahuye na Rev. Billy Kim, umuvugabutumwa ukomeye wanabaye Umuyobozi w’Itorero ry’Ababatisita ku Isi, ukomoka muri Koreya Y’Epfo.

Perezida Kagame ari muri Korea y’epfo kwitabira inama uhuza Korea na Afurika. Ni inama yatangiye kuri uyu mwa 03 Mutarama 2024.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
5:37 am, Jul 27, 2024
temperature icon 17°C
scattered clouds
Humidity 59 %
Pressure 1016 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe