Perezida Ndayishimiye yahembye  abasirikare bitwaye neza barwana na M23

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

 

Perezida w’Uburundi Ndayishimiye Evalisiti yahaye ishimwe abasirika 2 avuga ko bitwaue neza mu rugamba  barwana na M23 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.

Ibi bihembo Perezida Ndayishimiye yabitanze mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 62 Uburundi bumaze bubonye ubwigenge. Yavuze ko  Uburundi bwagiye gutabara  Kongo igihugu yise inshuti y’Uburundi.

Yavuze ko hari abasirikare bitwaye neza kuri urwo rugamba yemeje ko bahashyije umwanzi, yavuze  ko uyu ari umunsi mwiza wo kubaheba.

Uwa mbere yahembye ni Lt  Nderakura Monort   yamuhaye umudari wishimwe ndetse  na Miliyoni 3 z’amafaranga y’Uburundi yavuze ko ayobora ingabo neza   abo ayoboye babizi neza ndetse ko nabasirire bo muyindi mitwe yabatabaye uwo yise umwanzi abamereye nabi.

Undi wahembwe ni Adjidant  Nahimana Filmin nawe  Perezida Ndayishimiye yavuze ko  yabaye intwari ku rugamba ari kumwe na  Lt Nderagakura    yahawe umudari yongerwa miliyoni 2 z’amafaranga akoreshwa mu Burundi.

Igirikare cy’Uburundi kimaze igihe gifatanya n’icya Kongo kurwanya M23, uyu mutwe wa M23 urwanira mu Burasirasuba bwa Kongo uvuga ko urwanira kugira uburenganzi mu gihugu cyabo no gucyura impunzi za bene wabo bavuga ko zahejejwe mu Rwanda na Uganda.

Kongo yo ivuga ko abagize  M23 biganjemo Abanyarwanda ubuyobozi bwa Kongo buhakana ko

 

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
6:18 am, Jul 5, 2024
temperature icon 18°C
few clouds
Humidity 68 %
Pressure 1017 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 20%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:03 am
Sunset Sunset: 6:04 pm

Inkuru Zikunzwe