U Budage bwashinje u Burusiya gushaka guhungabanya umutekano

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Igihugu cy’Ubudage cyashinje icy’Uburusiya gushaka guhungabanya umutuzo n’umudendezo w’igihugu, bikaba byatangajwe na Minisitiri w’Ingabo w’Ubudage, Boris Pistorius.

Boris yanshinje by’umwihariko Perezida Vladimir Putin kuba agambiriye gucamo ibice Abadage by’umwihariko Abanyapolitiki, ariko ngo ntabwo azabigeraho.

Ibi bivuzwe nyuma yuko kuwa Gatandatu hari amajwi bivugwa ko ari ay’ubutasi bw’Ubudage yatangajwe mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga mu Burusiya humvikanamo abayobozi mu gisirikare cy’Ubudage bagaruka ku ngingo yo guha intwaro Ukraine nubwo rwose bitaremezwa neza ko ayo majwi ari ay’abayobozi mu gisirikare cy’Ubudage.

Chancelier w’U Budage, Olaf Scholz, yemeje ko hagiye gukorwa iperereza ryimbitse u kumenya ayo makuru y’ibanga niba koko ariyo, hanamenyekane n’uburyo yageze mu Burusiya.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
2:22 am, May 20, 2024
temperature icon 18°C
broken clouds
Humidity 88 %
Pressure 1021 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:57 pm

Inkuru Zikunzwe