Umuganga wa Biden yamaganye raporo ivuga ko arwaye

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Umuganga wa Perezida Joe Biden yamaganye raporo ya paji esheshatu iherutse kugaragaza ko uyu mukambwe w’imyaka 81 arwaye bityo atagifite ubushobozi bwo kuyobora igihugu, avuga ko ameze neza kandi inshingano ze azakomeza kuzisohoza uko yabyiyemeje.

Ni nyuma yo kumukorera ibizamini by’ubuzima mbere yo gutangira urugendo rumuganisha kwiyamamariza manda ya kabiri. Muganga wa Biden witwa Dr. Kevin O’Connor, yanditse ko ‘ameze neza kandi ibizamini yakorewe byerekana ko nta bibazo bidasanzwe afite, bityo afite ubushobozi bwo gukomeza gukora inshingano ze’.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
4:25 pm, Jul 27, 2024
temperature icon 28°C
few clouds
Humidity 21 %
Pressure 1008 mb
Wind 7 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 20%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe