Afurika y’Epfo: Bwa mbere iminsi 21 irashize amashanyarazi atabuze mu gihugu

Web Developer
Yanditswe na Web Developer

Uyu munsi ubaye uwa 21 Abaturage ba Afurika y’Epfo bishimira ko nta kibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu gihugu,  biba iminsi ikurikiranye ibayeho mu myaka myinshi ishize iki gihugu kimaze cyibasirwa n’ibibazo by’ibura ry’amashanyarazi bya hato na hato.

Si ubwa mbere ariko kuko no mu mwaka wa 2022 nabwo hari igihe hashize iminsi 20 yikurikiranya nta bura ry’umuriro w’amashanyarazi abatuye Afurika y’Epfo benshi bagize.

Sosiyete ishinzwe iby’ingufu muri iki gihugu, Eskom, yatangaje ko hari gukorwa ibishoboka byose ngo mu gihugu ntihazongere kurangwa n’ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi. Yavuze ko iri kwita cyane kukongerera ingufu ingomero z’iki gihugu.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
9:49 am, Jul 27, 2024
temperature icon 22°C
scattered clouds
Humidity 46 %
Pressure 1015 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe