Avatar photo

Web Developer

Follow:
128 Articles

Uko amashanyarazi yatumye peteroli igabanuka benshi bakava ku gatadowa

Urutonde rw’ibikomoka kuri peteroli ni rurerure ariko mu Rwanda hamenyerewe Essence na

“Ishyaka ryose rizatorwa ni Demokarasi yacu” Ramaphosa

Perezida w’Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ku munsi w’ejo tariki ya 19 Gicuraasi

Tuniziya: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi nta bwinyagamburiro

Ukwishyira ukizana kurabangamiwe muri Tuniziya, ku ngoma ya Kais Saied kandi abayobozi

Dore kode 5 zifungura ibihishwe muri telefone yawe

Iyo ukanze *131# ubona iki? Iki n’ikibazo umuntu wese yasubiza, gusa hari

Politiki y’ububanyi n’amahanga ntishishikaje Abanyamerika muri iki gihe bitegura amatora

Porogaramu zo gufasha amahanga ni imwe mu nkingi zikomeye za politiki y’ububanyi

Abafite ibinyabiziga bikoresha amashanyarazi barasaba ko byakongererwa za sitasiyo

Abafite imodoka ndetse na moto bikoresha amashanyarazi bakomeje kugaragaza icyifuzo cy’uko hirya

Impamvu inyoni ya Otirishe (Ostrich) idashobora kuguruka

Otirishe niyo nyoni nini ku isi, ifite ijosi rirerire n’umutwe muto n’igihimba

Perezida Biden na Trump bahanganye bakomeje kureshya Abirabura kugira ngo bazabatore

Mu gihe muri Leta zunze ubumwe z’Amerika (USA) hateganyijwe amatora ya perezida

Abatavuga rumwe na leta ya Tchad basanga amatora yarabayemo ubujura

Muri Tchad, abatavuga rumwe n'ubutegetsi na sosiyete sivile bavuga ko amatora yabayemo

Kenya: Imyuzure yakuye abagera ku 235,000 mu byabo

Igihugu cya Kenya kimaze icyumweru cyibasirwa n’imvura nyinshi cyane yateje imyuzure yatwaye

Ikoranabuhanga rya ‘AI” rigiye kuzajya ryifashishwa mu gusubiza ibibazo by’abahinzi n’aborozi

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano mu Rwanda, Artificial Intelligence (C4IR Rwanda), buvuga

Abaganga muri Kenya bahagaritse imyigaragambyo yarimaze amezi abiri

Leta ya Kenya yasinyanye amasezerano n’abaganga, bari bamaze igihe mu myigaragambyo. Minisiteri

Impamvu imbwa zinyara zimanitse ukuguru kumwe

Imbwa imanika akaguru (ibishoboye yamanika abiri) mu buryo bwo kugerageza kunyara kure

Brazil: Imyuzure yahitanye abagera kuri 90, abarenga 150.000 bava mu byabo

Mu nkengero z’umujyi wa Eldorado do Sul, mu bilometero 17 uvuye mu

Hatangijwe ubukangurambaga ku buringanire muri serivisi z’ubuziranenge

Mu gutangiza ubukangurambaga bwo guteza imbere ubuziranenge bushingiye ku buringanire, abagore bakora

Aba- Uighurs bateguye imyigaragambyo yamagana uruzinduko rwa Perezida Xi Jinping mu Bufaransa

Kuri uyu wa mbere amagana y’Abashinwa bo mu bwoko bw’aba- Uighurs bateguye

Umusaruro w’ibikorwa by’urubyiruko rw’abakorerabushake mu myaka 10 ishize

Urubyiruko rw’abakorerabushake bazwi ku izina rya ‘Youth Volunteers’ bavuga ko bishimira ibyagezweho

Hagaragajwe impamvu mu kigega cy’Igihugu cy’ibiribwa cy’ingoboka harimo ibiribwa bike

Komisiyo Ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'imari n'umutungo by'igihugu (PAC), yakiriye Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi

Inkuru ibabaje! Umwiraburakazi Sarah Baartman wazize ubunini bw’amabuno ye

Amazina ye nyakuri ni Saartjie Baartman, akaba umwiraburakazi wavukiye muri Afurika y’Epfo

Aziya yugarijwe n’ikibazo cy’ubushyuhe bukabije

Mu gihe ahandi havugwa imvura irimo guteza inkangu n’imyuzure, hari ibice byo

Hakenewe imikoranire y’inzego zitandukanye kugira ngo imihigo yeswe – MINALOC

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) isanga kugira ngo imihigo yeswe uko bikwiye hakenewe

Kenya: Perezida Ruto yateguje umuyaga ukabije wa Serwakira ku Cyumweru

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 03 Gicurasi

Ubukene Afurika ihorana bwapanzwe n’Uburengerazuba bw’isi mu myaka 60 ishize – Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yavuze ko ubukene umugabane w’Afurika uhorana

Biteganyijwe ko mu ntangiriro u Bwongereza buzohereza abimukira bagera ku 6,000 mu Rwanda

Guverinoma y’u Bwongereza, yatangaje ko yiteze ko abimukira bagera mu 6,000 bazajyanwa

Abacuruzi b’impu bahangayikishijwe no kugabanuka ku igiciro cyazo

Abacuruza impu ndetse n’abazohereza hanze y’u Rwanda bahangayikishijwe no kuba ngo muri

Impamvu zishobora kubabuza kubyara kandi muri bazima

Imwe mu mpamvu nyamukuru zituma abantu bubaka urugo harimo kugira ababakomokaho nuko