Minisitiri wa Siporo yasabye abanyempano bato kwiha intego

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa; Umuyobozi wa Giants of Africa, Masai Ujiri batashye ku mugaragaro ikibuga cya Basketball cyubatswe muri Ecole Nôtre Dame de la Providence de Karubanda. Basaba abanyempano muri uyu mukino kwirinda intego ngufi.

Ni ikibuga kigamije guteza imbere impano z’umukino wa Basketball mu bakiri bato. Mu butumwa yaganeye abanyeshuri b’iri shuri Minisitiri Munyangaju yabasabye kugira intego kandi ntibe intego yo kugarukira hafi. Ati “Nimwihe intego kandi intego iri hejuru, muharanire kuyigera ho. Muzurikane ko mufite ababashyigikiye barimo umuryango, igihugu ndetse n’abafatanya bikorwa nka Giant of Africa”

Icyi ni ikibuga gikurikiye icyubatswe mu ishuri rya Lycee de Kigali ndetse n’ukindi cyubatswe ku kimironko mu mujyi wa Kigali. Hari kubakwa kandi icyanya cyagenewe imyidagaduro mu gice cyubatswe mo Sitade I Remera mu mujyi wa Kigali.

Abanyeshuri ba Ecole Nôtre Dame de la Providence de Karubanda bishimanye n’umuyobozi wa Giant of Africa

Ni umuryango Giant of Africa washinzwe na Masai Ujiri, umuyobozi wawo wungirije, akaba na Perezida w’ikipe Toronto Raptors ya Basketball yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
8:42 am, Jul 27, 2024
temperature icon 19°C
few clouds
Humidity 55 %
Pressure 1016 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 20%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe