Umugore 1% urwaye SIDA ntafata imiti yo kurinda umwana atwite

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyerekanye ko 99% by’abagore batwite banafite virusi itera SIDA ari bo bafata imiti mu rwego rwo kwirinda ko bakwanduza abana bazabyara.

RBC iravuga ko birumvikana impamvu umugore 1% adafata iyi miti kandi itanga amahirwe yo kubyara umwana muzima.

Inzego z’ubuzima mu Rwanda zivuga ko muri 2010 hari abana 11% banduzwaga n’ababyeyi babo ariko ubu kubera imbaraga zashyizwemo bari munsi ya 2% intego nuko zifuzwa ko nta mwana numwe uvuka yanduye.

Imibare y’umwaka wa 2023 igaragaza ko ku isi yose abantu basaga miliyoni 38 bafite virusi itera SIDA , muri bo miliyoni zisaga 36, ni abantu bakuru naho miliyoni imwe n’ibihumbi 700 ni abari munsi y’imyaka 15.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
9:29 am, Jul 27, 2024
temperature icon 20°C
scattered clouds
Humidity 52 %
Pressure 1016 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe