Urubuga rwa X rugiye gushyiraho uburyo bwo guhisha Reposts na Likes

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Umuherwe Elon Musk, nyiri SpaceX, Tesla, X yahoze ari Twitter ndetse n’ibindi bigo bikomeye, yatangaje ko urubuga rwa X vuba aha ruzatangira kujya ruhisha ibyo wapostinze bivuye ahandi (reposts), ubutumwa wakunze (likes) ndetse n’ubutumwa wasubije (replies) muri timeline.

Elon Musk yavuze ko ibi byose bizajya byongera kuboneka aruko ukanze kuri post.

Gukuraho reposts, likes, na replies bizaba ari zimwe mu zindi mpinduka zabaye kuri uru rubuga, nyuma yaho umwaka ushize hahinduwe buryo X yerekana links z’amakuru atandukanye.

Musk yongeyeho ko nubwo hazaba izi mpinduka ariko timeline izakomeza kwerekana konti zitandukanye ndetse na post nshyashya.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
9:16 am, Apr 30, 2024
temperature icon 19°C
light rain
Humidity 100 %
Pressure 1022 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:58 pm

Inkuru Zikunzwe