Kwibuka30: Visi Perezida wa Kenya yageze mu Rwanda

MUTANGANA Emmanuel
Yanditswe na MUTANGANA Emmanuel

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, aho yitabiriye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Akigera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali yakiriwe na Minisitiri w’Ubutabera, Dr Ugirashebuja Emmanuel.

U Rwanda na Kenya bifitanye umubano umaze igihe, ugaragara mu butabera, ubucuruzi, ubuhinzi, uburezi, ikoranabuhanga n’itumanaho, umutekano n’ibindi, ndetse no mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi hari benshi bahungiye muri Kenya.

Visi Perezida Gachagua yaherukaga mu Rwanda mu Kwakira 2024 ubwo yari yitabiriye itangizwa ry’inama y’urubyiruko izwi nka ‘YouthConnekt’.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
5:46 am, May 20, 2024
temperature icon 17°C
broken clouds
Humidity 100 %
Pressure 1020 mb
Wind 5 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:57 pm

Inkuru Zikunzwe