Avatar photo

Umwanditsi 3

Follow:
254 Articles

Afurika y’epfo: 7 bahitanwe n’igorofa ryasenyutse 39 ntibaraboneka

Imibare y'abahitanwe n'inyubako yasenyutse muri Afurika y'epfo ikomeje kwiyongera. Ubu hamaze kuboneka

Gutura ku midugudu byiyongeye ho 4% mu myaka 7

Mu mwaka wa 2017 ubwo gahunda ya NST 1 yatangizwaga abanyarwanda batuye

Mozambique: Daniel Chapo niwe ushobora gusimbura Perezida Nyusi

Ishyaka Frelimo riri ku butegetsi mu gihugu cya Mozambique ryamaze gutora Daniel

Diane Rwigara azongera yiyamamarize kuba Perezida w’u Rwanda

Diane Rwigara yabwiye BBC ko yafashe icyemezo cyo kongera kwiyamamariza umwanya wa

Indangamuntu z’ikoranabuhanga – Imboni n’ibikumwe bizaba biri mo

Muri Mata 2023 Minisitiri w'ikoranabuhanga na Inovasiyo Ingabire Paula yabwiye abagize inteko

Amataliki y’itorero Mutimawurugo – Diaspora 2024 yamenyekanye

Ministeri y'ububanyi n'amahanga y' u Rwanda yongeye guhamagarira abanyarwandakazi bari mu mahanga

Rwanda na Tanzania baraganira ku byaha byambukiranya umupaka ubihuza

Intumwa ziturutse mu Gisirikare cya Tanzaniya zageze mu Rwanda ziyobowe na Brig

Tubura igiye gutera Ingemwe Miliyoni 25 z’ibiti muri uyu mwaka

Umushinga wa Once Acre Fund wamenyekanya nka Tubura uravuga ko umaze gutanga

Mu ngo 100 zo mu Rwanda 78 zirimo telefoni

Imibare itangwa na Ministeri y'ikoranabuhanga na Inovasiyo yerekana ko gutunga telefoni mu

Abakinnyi b’amagare Djazila na Kevin bitabiriye irushanwa nyafurika muri Maroc

Abakinnyi b'umukino w'amagare babiri Djazila Mwamikazi na Nshutiraguma Kevin bamaze kugera I

Ukraine abategetsi 2 barakekwaho gushaka kwica Perezida Zelensky

Abategetsi babiri bo muri Ukaine batawe muri yombi bakekwaha gukorana n'inzego z'Uburusiya

Abakozi ba Kenya Airways bari bafungiye I Kinshasa barekuwe

Kuwa 19 Mata nibwo abakozi 2 ba Kenya Airways batawe muri yombi

“Guteta mubihe igihe gito!” – Perezida Kagame yahanuye urubyiruko

Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 10 y'ibikorwa by'urubyiruko rw'abakorerabushake Perezida wa

Urubyiruko rw’abakorerabushake bashimiwe umusanzu batanze mu guhangana na COVID-19

Ubwo hizihizwaga isabukuru y'imyaka 10 urubyiruko rw'abakorerabushake bamaze bakorera igihugu ibikorwa by'ubwitange

Abahinde biyemeje kurangiza ikibazo cy’abajyaga kwivuza I mahanga

I Busanza mu karere ka Kicukiro, hatangiye imirimo yo kubaka ibitaro byo

Kigali: Rwiyemezamirimo watangiye imihanda 12 icyarimwe yananiwe kuyuzuza

Muri Raporo umugenzuzi mukuru w'Imari ya Leta aherutse kugeza ku bagize inteko

Abanyamahanga bagiye kwemererwa kuba abakozi ba Leta

Umushinga w'itegeko rihindura itegeko No 07/2020 ryo kuwa 07/10/2020 rishyiraho sitati rusange

U Rwanda rwihagije ku ngengo y’imari ku gipimo cya 60%

Minisitiri w'Imari n'igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yagejeje ku bagize inteko ishingamategeko imbanzirizamushinga

Isiraheli yategetse abaturage bo mu mujyi wa Rafah guhunga

Igisirikare cya Isiraheli cyategetse abaturage bo mu mujyi wa Rafah kwimuka. Uyu

26 Mata – 3 Gicurasi: Icyumweru cy’urugamba muri Mozambique

Amakuru atangwa n'igisirikare cy'u Rwanda agaragaza ko mu mataliki 26 Mata -

U Rwanda na Uganda mu nama yiga ku mutekano n’ubuhahirane

I Nyagatare mu burasirazuba bw'u Rwanda kuwa 06 Gicurasi harabera inama ihuza

Ababyaza n’abaforomo 350 bafunzwe kubera amakosa bo bita ibyago

Urugaga rw'abaforomo n'ababyaza mu Rwanda rukomeje kugaragara ingorane abakora uyu murimo bahura

Abarimu 25000 bazahabwa mudasobwa muri uyu mwaka

Ikigo cy'igihugu cy'uburezi (REB) kiravuga ko hari gahunda yo kongera gutanga mudasobwa

EAC: Inzira ya Gali ya Moshi izuzura mu mpera z’uku kwezi

Ibihugu by' u Rwanda, Uganda, Kenya, Soudani y'epfo na Repubulika iharanira Demokarasi

Ibyo ukwiriye kumenya ku bizamini bya perimi by’ikoranabuhanga

Itangazo rya Polisi y'igihugu ku birebana no gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga