Umwanditsi Mukuru

Follow:
1046 Articles

Akari ku mutima w’abahanzi Perezida Kagame yagabiye

Nk'uko yari yabibasezeranije yiyamamariza I Bugesera Perezida Kagame yakiriye mu rugo rwe

Kwifotoza utora no gusakaza ifoto igaragaza uko watoye ntibyemewe

Komisiyo y'igihugu y'amatora NEC yasabye abanyarwanda kwirinda ibikorwa byo kwifotoza cyangwa se

Uko abanyarwanda baba mu mahanga bitabiriye amatora

Abanyarwanda basaga ibihumbi 70 nibwo batoreye mu mahanga. Muri Site 160 ziri

Donard Trump yarusimbutse nyuma yo kuraswa yiyamamaza

Umukandida w'ishyaka ry'aba Repubulikani Donald Trump yaraye arusimbutse ubwo yiyamamazaga muri Leta

“Ku bwanjye nakabaye njya kuruhuka” Perezida Kagame

Mu kiganiro yagiranye n'itangazamakuru nyuma y'ibikorwa byo kwiyamamaza Perezida Kagame yabajijwe niba

Rwanda Gen. Z na Perezida Kagame mu kwezi kwa buki

Muri iyi minsi ubu hagezweho ibikorwa by'urubyiruko rwiswe Generation Z mu Karere.

” Mu Rwanda Tuzaba uko dushaka kuba” Perezida Kagame

Mu butumwa yageneye abitabiriye ibikorwa byo kwamamaza umukandida Perezida Kagame ku Kicukiro,

“Abashaka kuduha amanota ntabwo turi abanyeshuri babo” Vincent Biruta

Ubwo hasozwaga ibikorwa byo kwamamaza umukandida Perezida Kagame watanzwe n'umuryango FPR Inkotanyi,

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zakiriye ubutumwa bwa Perezida Kagame

Ingabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bw'amahoro muri Mozambique zakiriye ubutumwa bwa

Mu bashoboye ba PSD nta wagize ubushake bwo guhangana na Kagame mu matora

Mu kiganiro umuyobozi w'ishyaka riharanira Demokarasi n'imibereho myiza y'abaturage PSD yagiranye n'itangazamakuru

Indorerezi za EAC mu matora ni 55

Umuryango wa Afurika y'i Burasirazuba (EAC) wamaze kohereza indorerezi 55 gukurikirana amatora

Aba Ofisiye ba RDF bashoje amasomo yo kurwanya inkongi

Kuri uyu wa Gatanu, ba Ofisiye 20 bo mu Mutwe w’Ingabo z’u

Uko Perezida Kagame yisanze atuye aho yari agiye gukubitirwa

I Bumbogo mu bikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w'umukuru w'igihugu Paul Kagame

PSD yanyomoje abavugaga ko yabemereye amafaranga ngo bayamamaze I Rwamagana

Mu butumwa Ishyaka riharanira Demokarasi n'imibereho myiza y'abanyarwanda PSD ryanyujije ku rukuta

Frank Habineza yasabye umuryango w’abibumbye kutaba indorerezi mu mibanire y’ibihugu

Umukandida Perezida watanzwe n'ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR yasabye umuryango

Amarira yanjye yaraguye : Koffi Olomide yavuze akababaro yatewe n’ubugwari bw’ingabo za Kongo

Umuhanzi w'ikirangirire muri DR Kongo yavuze ingabo zigihugu cye ziri kurwana na

Habineza yavuze uko yanze gutera gerenade mu Rwanda

Dr Habineza Frank umukandia ku mwanya wa Perezida w'igihugu avuga ko  abamusabye

William Ruto yakuyeho aba Minisitiri hafi ya bose

Perezida wa Kenya William Ruto yakuyeho abaminsitiri bose asigaza batatu gusa nyuma

APR FC na Police FC zatomboye ibigugu mu marushanwa ya CAF

  Ikipe ya APR FC  yatomboye ikipe ya Azam FC yo muri

Rayon Sports yongereye amasezerano Nsabimana Aimable

Myugariro Nsabimana Aimable yongereye amasezerano y'imyaka ibiri mu ikipe ya Rayon Sports 

Perezida Kagame yasabye abanya Gakenke kuzazirikana igihango bafitanye nibajya gutora

Perezida Kagame  umukandi wa FPR Inkotanyi uyu munsi tariki ya 11 Nyakanga

Perezida Kagame yaciye amarenga yo kuzagumana Minisitiri w’intebe Dr.Ngirente

Mu bikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w'umukuru w'igihugu byabereye mu karere ka

Même Tchite na Juma Mossi baratabarize abahoze bakinira u Rwanda n’Uburundi

Meme Tchite wambaye ingofero n'agakote k'ubururu yegeranye na Juma Mossi wambaye akagofero

Kuwa mbere no kuwa kabiri ni Konji

Minisiteri y'abakozi ba Leta n'umurimo yatangaje ko iminsi ya taliki 15 na

U Rwanda rwasobanuye igihuha cy’uko rwaguze ubutaka bwa Kongo-Brazza

Mu biganiro Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga w'u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe yagiranye na

U Rwanda rwasabye Congo Brazza gushyigikira umukandida warwo Dr.Mihigo

Kuri uyu wa 09 Kamena Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga w'u Rwanda Amb Olivier

Abaperezida basabwe gutakambira Kagame ngo yemerere Ingabire kujya I Burayi

Hari imiryango mpuzamahanga 20 na sosiyete sivile yandikiye ibaruwa ifunguye abakuru b'ibihugu