Umwanditsi Mukuru

Follow:
1046 Articles

Ubumwe bw’uburayi bugiye guha ingabo z’u Rwanda Miliyoni 40€

Ingabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bw'amahoro mu ntara ya Cabo Delgado

“Sinzi niba abayobozi ba Kongo bashaka ko ikibazo gikemuka” Perezida Kagame

Mu kiganiro yagiranye n'ibinyamakuru bya RBA Perezida Kagame yongeye kubazwa ku kibazo

Uko inyabarasanya yatabaye Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeye gukomoza ku gucika k'ururimi rw'ikinyarwanda ndetse

“Icyo ntakoze cyashobokaga ngomba kugikora nkongera ho n’ibindi” Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu kiganiro yagiranye n'ibinyamakuru bya Leta yagaragaje

Minisiteri ya Siporo yasabye imbabazi abakomerekeye kuri Sitade Amahoro

Urwego rushinzwe imikino mu Rwanda ari narwo rwateguye gahunda yiswe Umuhuro mu

Abaforomo 203 bari ku rwego rw’amashuri yisumbuye baratangira ibizamini

Kuri uyu wa 18 Kamena icyiciro cya mbere cy'abaforomo bari ku rwego

Hajj rimwe mu materaniro Manini ku Isi ariko rifite  amateka yo kubamo amakuba ahitana imbaga

  Minisiteri y'ububanyi n'amahanga ya Jordan yavuze ko abaturage bayo 14  bagiye

Rayon Sport ishobora guha Muhire Kevin amafaranga itigeze iha undi mukinnyi

Mu gihe amakipe y'umupira w'amaguru mu Rwanda akomeje kwiyubaka agura abakinnyi ndetse

Incamake z’amakuru avugwa ku isoko ry’Abakinnyi I Burayi

Isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ku muganae w'Uburayi ryatangiye gushyuha mu

“Abiyamamaza ntibemerewe kubangamira ubuzima bwite bw’abaturage” NEC

Komisiyo y'igihugu y'amatora yasabye abiyamamaza kwirinda kubangamira ubuzima busanzwe b'abenegihugu. Perezida w'iyi

Ni muntu ki UmunyaBotswana wahawe kuyobora isoko ry’imari n’imigabane?

Inama y'abaminisitiri yo kuwa 14 Kamena 2024 yashyizeho umunya Botswana Thapelo Tsheole

Hari abafatanwa amasasu bakavuga ko ari ubwirinzi bw’imyuka mibi

Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rugaragaza ko mu myaka 5 ishize abantu 92

Abanyarwanda barwara Maralia ntibakirenga ibihumbi 500 mu mwaka

Imwe mu ndwara yari yarazahaje abanyarwanda ni Maralia. Ndetse Minisiteri y'ubuzima ivuga

Tabagwe ya Nyagatare yashyizwe mu kato kubera uburenge mu nka

Ikigo cy'igihugu cy'ubuhinzi n'ubworozi RAB cyashyize ho mu kato agace ka Tabagwe

Ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga byasubitswe ukwezi

Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Polisi y'u Rwanda ishami rishinzwe impushya zo gutwara

Perezida Kagame yakomoje ku mushahara udahagije w’abaganga

Mu biganiro umukuru w'igihugu yagiranye n'abajyanama b'ubuzima bahagarariye abandi bahuriye muri BK

Umujyanama w’ubuzima yasabye umushahara asubizwa ko Leta imuzirikana

Muri BK Arena ahateraniye abajyanama b'ubuzima basaga ibihumbi 8 bitegura kiganira nk'umukuru

Abakandida 589 bahataniye imyanya 80 mu nteko ishingamategeko

Komisiyo y'igihugu y'amatora yatangaje urutonde ntakuka rw'abakandida ku mwanya w'umukuru w'igihugu ndetse

Perezida Kagame yahuye n’abajyanama b’ubuzima

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 15 Kamena abajyanama b'ubuzima barenga 8000

“Uwansambanyije yavugaga ko ndimo umuti” Ufite ubumuga bw’uruhu

Taliki 13 Kanama ni umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga bw'uruhu. U Rwanda

Minisitiri Ugirashebuja yasabye abapolisi gukora nk’abafite umuhamagaro

Mu butumwa yageneye abapolisi bashoje amasomo yo ku rwego rw'aba Ofisiye muri

Abaminisitiri bitabye abadepite inshuro 32 muri manda ishojwe

Umuyobozi w'inteko ishingamategeko umutwe w'abadepite washeshwe Madame Donatile Mukabalisa yagaragaje ko mu 

“Kwiremereza kw’abayobozi ni umuco ukwiriye gucika” Perezida Kagame

Mu muhango wo kwakira indahiro z'abagize Guverinoma bashya, Perezida wa Repubulika Paul

Perezida Kagame arasesa inteko ishingamategeko umutwe w’abadepite

Mu Ngoro y’Inteko Ishinga amategeko ku Kimihurura harakirwa indahiro z’abayobozi bashya baherutse

Amb. Nduhungirehe ni iturufu iziye igihe muri Dipolomasi nyarwanda

Amb Olivier Jean Patrick Nduhungirehe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w'u Rwanda kuva

U Rwanda rwakiriye impunzi 113 ziturutse muri Libya

Mu ijoro ryo kuwa 13 Kamena 2024 indege itwaye impunzi n'abimukira  113

CAF yemeje ko Sitade Amahoro yujuje ibisabwa

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru muri Afurika CAF kuri uyu wa 13 Kamena ryemeje