Umwanditsi Mukuru

Follow:
1040 Articles

Miliyoni 300 zashowe mu kuvugurura uruganda rwa Kabuye

Ubuyobozi bw'uruganda rutunganya isukari rwa Kabuye bwatangaje ko bwashoye miliyoni 300 z'amafaranga

“Korea ni urugero rw’impinduka zishoboka” Perezida Kagame

Mu nama ihuza Korea y'epfo n'umugabane wa Afurika iri kubera ku nshuro

Kenya yahaye Banki nyafurika itsura amajyambere inkunga ya Miliyoni 20$

Perezida wa Banki nyafurika itsura amajyambere Akinwumi Adesina yashimiye igihugu cya Kenya

Mu myaka 2 ifaranga koranabuhanga riratangira gukora mu Rwanda

U Rwanda ruritegura gukoresha ifaranga koranabuhanga mu myaka 2 iri imbere. U

Perezida Kagame yakiriwe na Perezida wa Korea y’epfo

Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri muri Korea y'epfo mu gitondo cyo

Rwatubyaye yasigaye muri 25 bagiye guhangana na Benin 

  Frank Spittler Torsten umutoza w'ikipe y'igihugu  Amavubi yatangaje urutonde rw'abakinnyi 25

Amatora: Mbere yo kwiyamamaza hagezwe ho icyi?

Mu myiteguro y'amatora y'umukuru w'igihugu n'ay'abagize inteko ishingamategeko umutwe w'abadepite ubu hari

Perezida Kagame yitabiriwe inama ya Korea – Africa

Mu gitondo cyo kuri icyi cyumweru taliki 2 Kamena Perezida Kagame yageze

Huye haribukwa imiryango yazimye

Mu mugoroba wo kuwa 01 Kamena 2024 muri Stade ya Huye habereye

Afurika y’epfo: ishyaka ANC rikomeje gutakarizwa icyizere muri rubanda

Alliance National Congress ni ishyaka rya Nelson Mandela. Riri ku butegetsi muri

Igihugu  kibahanze amaso! Minisitiri Munyangaju yasabye Amavubi gutsinda Benin

   Minisitiri wa Siporo  Munyangaju Aurore Mimosa ari kumwe n’Abayobozi ba FERWAFA

Kigali Innovation City iratangira kubakwa mukwa 9

Minisitiri w'imari n'igenamigambi Dr Uziel Ndagijimana yatangaje ko imirimo yo kubaka umushinga

Perezida Kagame yaganiriye n’abayobozi ba BAL

Umunsi umwe mbere y'umukino wa nyuma w'irushanwa rya BAL riri kubera mu

Abadepite basabye Minisitiri w’intebe gukemura ibibazo biri mu dukiriro

Komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu nteko ishingamategeko yagejeje ku nteko ishingamategeko uruhuri rw'ibibazo

Ikimina kigiye kwemererwa kuba umunyamuryango wa Koperative

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite mu nteko ishingamategeko  y'u Rwanda kuwa 30 Gicurasi

Trump yahamwe n’ibyaha byose 34, amahirwe yo gufungwa angana gute?

  Donald Trump  wigeze kuyobora leta Zunze ubumwe za Amerika  yahamwe n'ibyaha

“Degaule nta n’umunsi n’umwe yabaye Perezida wa FERWAFA” Mbanda Jean

Jean Daniel Mbanda wahanganye na Nzamitwa Vincent Degaule ku mwanya wa Perezida

Jean Daniel Mbanda wifuza kuyobora u Rwanda ni muntu ki?

Mu gihe benshi batekerezaga ko Philipe Mpayimana ariwe mu kandida uza gusoza

Philipe Mpayimana yongeye gushaka kuba Perezida

Nk'uko byari biteganijwe muri gahunda ya NEC Mpayimana Philippe niwe washoje umunsi

Amafaranga yo gusana umuhanda Muhanga – Nyange yabonetse

Kuwa 30 Gicurasi,U Rwanda rwasinye amasezerano y'inguzanyo ingana na Miliyoni 20 z'amadorali

Inteko ishingamategeko ya EAC yugarijwe n’ubukene

Inteko ishingamategeko y'umuryango wa Afurika y'i Burasirazuba EAC yatangaje ko imirimo yayo

Diane Rwigara yagarutse kwiyamamariza kuba Perezida

Nk'uko yari yabiteguje mu gitondo cyo kuri uyu wa 30 Gicurasi 2024

Hakizimana Muhadjili yasezerewe mu myitozo y’Amavubi

Amakuru ava mu mwiherero w'ikipe y'igihugu Amavubi aremeza ko Hakizimana Muhadjili na

Batanu barimo umunyarwanda umwe bavuye muri Rayon Sport

Abakinnyi 5 ba Rayon Sport Youssef Rharb, Hategekinama Bonheur, Paul Aron Gomis,