Ubwanditsi

355 Articles

Uganda: Bobi Wine yafungiwe mu rugo

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine yafungiwe mu rugo rwe

Umubano wa Tshisekedi na SADC uhatse iki?

Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo Félix Tshisekedi arahirire kuyobora

Perezida Kagame yemeje ko u Rwanda rushobora gusubiza u Bwongereza miliyoni 120£

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko u Rwanda rwiteguye gusubiza amafaranga rwahawe n’u

Lawrence Webo yagizwe umutoza w’abazamu wa Rayon Sports

  Rayon Sports yatangaje Lawrence Webo nk’umutoza mushya w’Abanyezamu. Ni imirimo yakoze

Perezida Kagame yacyeje ubufatanye bw’abikorera na Leta mu isoko rya Afurika

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko uburyo bwiza bwo kugera ku

Niyo Bosco yasibishijwe igitaraganya amashusho y’inkumi yihebeye

Umuhanzi Niyo Bosco yasibye igitaraganya amashusho yari yashyize ku mbuga nkoranyambaga, aho

Colonel Castro wari ushinzwe ubutasi muri M23 yishwe

Umutwe wa M23 watangaje ko kuri uyu wa Kabiri Ingabo za Repubulika

Amayeri akoreshwa mu guhimba ibyangombwa byo kubaka

Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry, yahishuye amayeri asigaye akoreshwa

Perezida Joe Biden yashyizeho itsinda rizamuhagararira mu kurahira kwa Tshisekedi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden, yatangaje ko

FARDC yasobanuye icyatumye umusirikare wayo arasirwa mu Rwanda

Igisirikare cya RDC (FARDC) cyatangaje ko kibabajwe n’uko umwe mu basirikare bacyo

Impamvu 10 zituma imishinga y’urubyiruko ipfa ikivuka  

U Rwanda rwinjiye mu mwaka wa nyuma wa gahunda yo kwihutisha iterambere

Umujyi wa Kigali wakoze umukwabu wo gusenyera abubatse nta mpushya

Umujyi wa Kigali wasenyeye bamwe mu bubatse mu turere tuwugize nta mpushya

Davos: Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Antony Blinken

Perezida Kagame uri i Davos mu Busuwisi mu nama yiga ku bukungu

Abanywa itabi ku Isi bakomeje kugabanyuka-OMS

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko umubare w’abantu banywa

Rayon Sports yanyagiye Interforce FC yiyunga n’abafana

Ikipe ya Rayon Sports FC yatsinze ibitego 4-0 ikipe ya Interforce FC

New Zealand: Umudepite yeguye nyuma yo gukekwaho kwiba imyenda

Umudepite mu nteko ishinga amategeko ya New Zealand yeguye nyuma y’ibirego byinshi

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku bukungu i Davos

Perezida Kagame yageze i Davos mu Busuwisi aho yitabiriye inama mpuzamahanga yiga

Umutoza Jimmy Ndayizeye mu bahabwa amahirwe yo gusimbura Wade muri Rayon Sports FC

In Nyuma y’amakuru y’uko ubuyobozi bwa Rayon Sports bushobora kuba byamaze gufata

RDC: UDPS ya Felix Tshisekedi n’amashyaka biyunze begukanye ubwiganze mu Nteko ishinga amategeko

Kuri iki cyumweru tariki ya 14 Mutarama 2024, Komisiyo yigenga y’amatora muri

Perezida Kagame yitabiriye amasengesho yo gusengera igihugu

Kuri iki cyumweru 14 Mutarama 2024, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije

Ubufarasansa: Abimukira bane bapfuye barohamye bashaka kwinjira mu Bwongereza.

Abimukira bane bapfuye mu ijoro ryakeye abandi ubuzima bwabo buri mu kaga

Intore Tuyisenge yateguje indirimbo ya ”RWANDA DAY” – Video

Umuhanzi Intore Tuyisenge yateguje abanyarwanda ko kuri uyu wa mbere 15 Mutarama

Umushyikirano ku nshuro ya 19 uzasuzuma Ubumwe n’ubudaheranwa by’abanyarwanda nyuma y’imyaka 30

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko inama ya 19 y’umushyikirano izaba tariki ya

Umwuka si mwiza muri Rayon nyuma yo kwandagazwa Gasogi United

Mu mukino w’umunsi wa 16 wa Shampiyona y’uRwanda, Ikipe ya Gasogi United

Perezida Ouattara ahamya ko Cote d’Ivoire ari igicumbi cy’umupira w’amaguru

Mu ijambo rye rifungura imikino y ‘igikombe cy’Afrika cy’umupira w’amaguru, Perezida wa

Kate Bashabe yavuze ku byo gukundana na Sadio Mane n’ubukwe bwe

Kate Bashabe umukobwa wamenyekanye cyane mu Rwanda nk’umunyamideri ndetse n’umushoramari ukiri muto,

Rayon Sports WFC yateye intambwe yo gutwara Shampiyona

Mu mukino w’umunsi wa 13 wa Shampiona y’abagore ikipe ya Rayon Sports