Ubwanditsi

355 Articles

Liberia: Perezida Boakai yananiwe kurangiza ijambo ryo kurahira

Perezida mushya wa Liberia, Joseph Boakai, yananiwe kurangiza ijambo rye nyuma yo

U Rwanda rwavuze ku ijambo ‘rutwitsi’ rya Perezida Ndayishimiye

U Rwanda rwamaganye ijambo Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aherutse kuvugira i

FAA yasabye ubugenzuzi ku nzugi z’indege za Boeing 737-900ER

Ikigo cya Leta zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’indege (FAA) cyategetse ko

Ron DeSantis yahariye Donald Trump

Guverineri wa Leta ya Florida, Ron DeSantis, yakuyemo akarenge mu matora ya

RIB yafunze Kabera Vedaste ushinzwe imiyoborere mu ntara y’Amajyepfo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), yafunze Kabera Vedaste, Umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza mu

Ibintu 4 bikwiye kwitabwaho mu Umushyikirano 19 mu mboni za Prof Nzahabwanayo

Umushakashatsi akaba n’Umuyobozi Mukuru wa IRDP, Prof Sylvestre Nzahabwanayo yagaragaje ibintu bine

Icyanya cya Masaka, BioNTech…:Intambwe yatewe mu bikorwaremezo by’ubuvuzi

Amasaha arabarirwa ku ntoki ngo abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bahurire mu nama

RDC: Ingabo za SADC zatangiye imirwano abaturage benshi barahunga

Umutwe wa M23, watangaje ko ingabo za SADC zagabye ibitero bikomeye ku

U Bwongereza bwahamagaje abadepite bigometse ku kohereza abimukira mu Rwanda

Abadepite 11 bo mu ishyaka ry’aba-Conservateurs bigometse ku mugambi wa Minisitiri w’Intebe,

Police FC inaniwe kwambura APR FC umwanya wa mbere

Umunsi wa 17 wa Shampiyona usojwe n'intsinzi ya APR FC y'igitego1 kuri

Netanyahu yanze icyifuzo cyo gushinga Leta ya Palestine

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yanze icyifuzo cyo gushinga Leta ya

Umuhanda Giporoso-Masaka ugiye kwagurwa ugire ibisate bine

Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko umuhanda Giporoso-Masaka ugiye kwagurwa ukagira ibisate bine, mu

Tshisekedi yihaye imyaka itanu yo kurimbura imitwe yitwaje intwaro yose

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Félix Tshisekedi, yijeje abaturage

The Ben agiye gukorera igitaramo cya St Valentin i Kampala

Umuhanzi The Ben yatumiwe mu gitaramo kizabera i Kampala ku wa 14

Handball: U Rwanda rwatsinzwe na RDC rusezererwa muri CAN

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino wa Handball yongeye gutsindwa umukino wa

Guverinoma yashyizeho igiciro fatizo cy’ibigori

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yashyizeho igiciro fatizo cy’ibigori aho ikilo cy’ibigori bihunguye kizajya

Afurika y’Epfo: Guverinoma ikomeje gutambamira cyamunara y’imitungo ya Mandela

Guverinoma ya Afurika y’Epfo iri kugerageza guhagarika cyamunara y’ibintu bwite bya Nelson

Umutoza w’abanyezamu wa Rayon Sports FC yageze mu Rwanda

Umutoza w’abanyezamu wa Rayon Sports FC yagze mu Rwanda Lawrence Webo uheruka

U Rwanda rwinjije miliyoni 91$ mu bukerarugendo bushingiye ku nama

Muri 2023 ubukerarugendo bushingiye ku nama bwinjirije u Rwanda miliyoni 91 z'amadorali.

Musa Esenu ashobora kujyanwa mu nkiko

Rutahizamu w’Umunya-Uganda, Musa Esenu, ashobora kujyanwa mu nkiko nyuma yo gusinyira amakipe

Ahagikenewe umwotso mu buhinzi mu Rwanda

Ubuhinzi ni umwe mu myuga ikorwa na benshi mu Rwanda ariko umusaruro

Bruce Melodie azataramira abazitabira Rwanda Day

Bruce Melodie yabaye umuhanzi wa mbere wemejwe ko azataramira abazitabira Rwanda Day

Umujyi wa Kigali wongewemo bisi 100 zitwara abagenzi

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu tariki ya

Minisante yanyomoje ko mu Rwanda hagaragaye abanduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yashimangiye ko icyorezo cya Covid-19 gikurikiranirwa hafi bityo

OMS yatabarije inkomere z’intambara ya Israel na Hamas

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima (OMS) ryatabarije abaturage ba Gaza, rivuga ko

Igikombe cy’Amahoro: Ibitego byarumbutse, Gasogi itsinda Muhazi United

Imikino ibanza ya 1/8 mu gikombe cy'Amahoro yasojwe Gasogi United itsinda Muhazi

Umutoza mukuru wa Rayon Sports ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Gatanu

Ikipe ya Rayon Sports FC yamaze kumvikana n'umutoza mukuru ugomba gusimbura Mohamed