Tag: nyamukuru

Nugera mu Rwanda uzige kwihangana! – Umunyamahanga

Rumwe mu nzego u Rwanda ruharahanira iteka gukuramo amadovise menshi ni ubukerarugendo,

Rwanda: Baramena ibiryo abandi baburaye!

Raporo ngarukamwaka ku bijyanye n’isesagurwa ry’ibiryo ku isi yashyizwe ahagaragara n’Ishami ry’Umuryango

Isura nshya y’ingamba zo guhangana n’ihungabana mu Kwibuka30

Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yatangaje ko mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kuzamuka

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego Zimwe z’Imirimo Ifitiye Igihugu Akamaro, RURA,

Jenoside: Amasezerano yo kohererezanya abakekwaho ibyaha akomeje kuba impfabusa

Abasenateri basanga u Rwanda rukwiye kuvana icyizere ku bihugu by’akarere cyo kohererezanya

Kigali: Abatwikira imyanda mu ngo bagiye kujya bahanwa

Umujyi wa Kigali watangaje ko utazihanganira abawutuye batwikira imyanda mu ngo imyotsi

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu

Itangazo ry'Ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobobowe na Nyakubahwa Perezida

Umuyobozi Mukuru wa UNESCO yiyongereye mu bazitabira Kwibuka30

Kuva tariki ya 05 kugeza ku ya 07 Mata 2024, Umuyobozi Mukuru

Umuyobozi wa Polisi ya UN yasuye u Rwanda

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, kuri uyu

Dr Ngirente yitabiriye irahira rya Perezida mushya wa Sénégal

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 02 Werurwe, Minisitiri w’Intebe, Dr Édouard Ngirente

Ubumwe bwabaye intandaro y’iterambere – Perezida Kagame

Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda mu ngeri zose kongera gusubiza amaso inyuma bakareba

Ni iki gituma Kigali ikomeje kuba igicumbi cy’imari ku Isi?

Mu cyegeranyo cy'Ikigo Mpuzamahanga kitwa Z/Yen cyasohotse ku wa 21 Werurwe uyu

Icyo abikorera bateganyiriza ubutaka Congo-Brazzaville yahaye u Rwanda

Abari mu Rugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF) bakubutse muri Congo-Brazzaville aho bari

Hatangajwe amatariki ‘YouthConnect Africa 2024’ izaberaho

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 29 Werurwe, hatangajwe amatariki Ihuriro Nyafurika

Rubavu: Impamvu icyambu gishya cya Nyamyumba kitaratangira gukora

Mu karere ka Rubavu abakorera ku cyambu cy’agateganyo cya Nyamyumba baribaza impamvu

Abapolisi b’u Rwanda 320 bari mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique bambitswe imidali y’ishimwe

Tariki 28 Werurwe 2024, abapolisi b’u Rwanda 320 bari mu butumwa bw’Umuryango

Abanyepolitiki 9 bahanganye byeruye n’ubutegetsi bwa Habyarimana baburimo

Ministeri y'ubumwe bw'abanyarwanda n'inshingano mboneragihugu iravuga ubushakashatsi ku myitwarire y'abanyepolitiki batandukanye bahoze

Abayobozi ba koperative bazajya babanza kumenyakanisha imitungo yayo

Abayobozi n’abakozi b’amakoperative bagiye kujya babanza kumenyekanisha imitungo yabo mu kigo cy’igihugu

Abanyarwanda barenga 50% ntibajya bisuzumisha indwara zo mu kanwa – RBC

Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, bugaragaza ko 57.1% by’Abanyarwanda batajya bisuzumisha

Ishusho y’impinduka zabaye zigatuma ubukungu bw’u Rwanda buzamuka mu myaka 30 ishize

Abasesengura iby’ubukungu bemeza ko bashingiye ku byakozwe mu myaka 30 ishize, bitanga

Perezida Kagame yashimangiye ko ibibazo bya RDC bikwiye gukemurwa bihereye mu mizi

Tariki 25 Werurwe 2024, mu kiganiro cyihariye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,

Ese ikibazo cy’ubucucike mu Magororero cyaba cyabonewe umuti?

Ingingo y’ubucucike mu Magororero yo mu Rwanda, imaze igihe kirekire igarukwaho n’inzego

Hatangijwe ubukangurambaga bugamije kurwanya ihumana ry’ikirere hapimwa ikigero cy’ubuziranenge bw’umwuka

Mu bigo by’amashuri byo mu mujyi wa Kigali hatangijwe ubukangurambaga bwiswe humeka

Hamuritswe amafoto 100 yihariye agaragaza amateka n’umuco by’Abanyarwanda

Mu ngoro y’ubugeni n’ubuhanzi iherereye i Kanombe mu karere ka Kicukiro hatangiye

Leta yasabye abacuruzi kurwanya ubujura bw’ibikorwaremezo

Guverinoma y’u Rwanda yasabye abacuruza insinga z’amashanyarazi, ibyuma bishaje n’ibindi bikoresho byakoreshejwe

BNR iraburira abishora mu bucuruzi bw’amafaranga butemewe

Ikoranabuhanga muri serivisi z’urwego rw’imari rikomeje gutera imbere ari nako hanakomeje kugaragara

Kuzamura ibiciro by’ingendo ntibizahungabanya ibiciro by’ibiribwa – Rwangombwa

Mu gihe hashize icyumweru leta y’u Rwanda itangaje impinduka ku biciro bishya