Gutera imbere ni umusaruro w’amahitamo yacu – Kagame

Ubwo yagezaga ijambo ku Banyarwanda n’abashyitsi baje kwifatanya n’u Rwanda kwibuka ku

Aba FDLR bishe abakerarugendo muri Uganda baridegembya muri Australia

Mu kiganiro yahaye abitabiriye umuhango wo kwibukaku ku nshuro ya 30 Jenoside

Kigali: Abazize Jenoside basaga ibihumbi 250 bunamiwe

Mu gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu

Kwibuka30: Bill Clinton yageze mu Rwanda

Uwabaye Perezida wa 42 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), William

Kwibuka30: Perezida Sassou Nguesso yasesekaye i Kigali

Perezida wa Congo-Brazzaville, Denis Sassou Nguesso, yageze i Kigali, mu Rwanda aho

Perezida Kagame yakiriye intumwa ihagarariye ubwami bw’u Bwongereza mu Kwibuka30

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’u Bwongereza ushinzwe

Kwibuka30: Visi Perezida wa Kenya yageze mu Rwanda

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yageze mu Rwanda kuri uyu wa

Kwibuka30: Perezida Salva Kiir yasesekaye mu Rwanda

Perezida wa Sudani y'Epfo, Salva Kiir Mayardit, yageze mu Rwanda mu mugoroba

Hakenewe ishoramari muri siporo

Urestse kuba siporo ifasha mu kwirinda indwara zitandura, imyaka 30 ishize yagaragaje

Amavubi yabeshywe agahimbazamusyi

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’abatarengeje imyaka 18 (Amavubi mato) bitabiriye irushanwa

Guhabwa serivise nabi bituma hari ababihuza n’ubwoko bwabo – MINUBUMWE

Ministeri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) igaragaza ko mu gihe u Rwanda

Nugera mu Rwanda uzige kwihangana! – Umunyamahanga

Rumwe mu nzego u Rwanda ruharahanira iteka gukuramo amadovise menshi ni ubukerarugendo,

Rwanda: Baramena ibiryo abandi baburaye!

Raporo ngarukamwaka ku bijyanye n’isesagurwa ry’ibiryo ku isi yashyizwe ahagaragara n’Ishami ry’Umuryango

Gaza: Impuruza ku gishobora kwitwa Jenoside

Imiryango ikora ibikorwa by’ubutabazi mu ntara ya Gaza irimo na Médecins Sans

Isura nshya y’ingamba zo guhangana n’ihungabana mu Kwibuka30

Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yatangaje ko mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kuzamuka

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego Zimwe z’Imirimo Ifitiye Igihugu Akamaro, RURA,

Jenoside: Amasezerano yo kohererezanya abakekwaho ibyaha akomeje kuba impfabusa

Abasenateri basanga u Rwanda rukwiye kuvana icyizere ku bihugu by’akarere cyo kohererezanya

Kigali: Abatwikira imyanda mu ngo bagiye kujya bahanwa

Umujyi wa Kigali watangaje ko utazihanganira abawutuye batwikira imyanda mu ngo imyotsi

Bill Clinton mubazahagararira Perezida Joe Biden mu Kwibuka30

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden yatangaje abantu

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu

Itangazo ry'Ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobobowe na Nyakubahwa Perezida

Umuyobozi Mukuru wa UNESCO yiyongereye mu bazitabira Kwibuka30

Kuva tariki ya 05 kugeza ku ya 07 Mata 2024, Umuyobozi Mukuru

Umuyobozi wa Polisi ya UN yasuye u Rwanda

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, kuri uyu

Dr Ngirente yitabiriye irahira rya Perezida mushya wa Sénégal

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 02 Werurwe, Minisitiri w’Intebe, Dr Édouard Ngirente