Tag: nyamukuru

Urabiduha ku neza cyangwa kubyo ntavuze: Perezida Kagame avuga ku mutekano w’u Rwanda 

Perezida Kagame yongeye kwibutsa Abanyarwanda ko kugira uburenganzira ndetse n'umutekano  ari ibintu

Ibirego u Burundi bwareze u Rwanda muri AU

Mu nyandiko y’amapaji abiri yanditse mu rurimi rw’igifaransa yaje isubiza iy’u Rwanda

Guhura kwa Raila Odinga na Perezida Kagame gusobanuye iki?

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko Perezida Kagame yakiriye Raila Odinga,

Ibisobanuro by’amazina Perezida Kagame yise abuzukuru be

Perezida Paul Kagame yahishuye ko yasabye umukobwa we Ange Kagame n'umugabo we,

Gukubita umugore ni ubugabo ki?: Perezida Kagame yihanije abagabo bagikubita abagore

Perezida Kagame yongeye kwihaniza abagabo bagifite umuco wo gukubita abagore  abibutsa ko

Umugore wakize akiza umugabo! 

Uyu munsi tariki ya 8 Werurwe buri mwaka Isi yose yizihiza umunsi

Ibintu 10 utari uzi ku Mujyi wa Kigali

Aho waba uri hose mu mpande enye z’Isi, iyo uvuze izina Kigali

Gushyira abasirikare bakomeye muri dipolomasi bizafasha iki u Rwanda?

U Rwanda rwaciye mu mateka mabi ndetse ashaririye ya Jenoside yakorewe abatutsi

Rishi Sunak arashaka ko abimukira bagera mu Rwanda mbere y’amatora ya Perezida

Bamwe mu basenateri mu Bwongereza bagaragaje umugambi wo gushaka kwitambika amasezerano igihugu

Perezida Kagame yageneye ubutumwa Tshisekedi

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru cyo mu Bufaransa, Le Figaro, Perezida Kagame yasabye

Iby’Isi ni amayobera: Ubutumwa bwa Sadate Munyakazi

Abinyujije ku rubuga rwe rwa X rwahoze ari urwa Twitter, Sadate Munyakazi,

Icyifuzo M23 yahaye Tshisekedi mu kurangiza ikibazo cy’umutekano muke

U Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bumaze kumenyekana hose

Somalia izanye iki muri EAC?

Tariki 4 Werurwe 2024 ni umunsi w’amateka ku baturage ba Somalia n’umuryango

Impunzi z’Abanye-Congo zatabaje amahanga kuri Jenoside iri gukorwa muri RDC

Impunzi z’Abanye-Congo zicumbikiwe mu Nkambi ya Kiziba mu Karere ka Karongi ndetse

U Rwanda mu bihugu 20 ku Isi bifite ubukungu buzazamuka cyane mu 2024

Ubukungu bw’u Rwanda bukomeje gutanga icyizere ku ruhando mpuzamahanga, aho ruri mu

Ukuri ku ifaranga rya EAC rimaze iminsi ricicikana

Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hagaragara inoti bivugwa ko ari izi faranga

Hahishuwe amafaranga u Bwongereza buzaha u Rwanda ku bimukira

Ikigo cy'igihugu cy'ubugenzuzi bw'imikoreshereze y'imari mu Bwongereza (National Audit Office, NAO), cyahishuye

Abarenga 1000 bakekwaho uruhare muri Jenoside barakidegembya

Mu biganiro byahuje Minisitiri w'ubutabera akaba n'intumwa nkuru ya Leta Dr Emmanuel

Ibihugu by’ibihangange byashinjwe gushyigikira intambara ya M23 na FARDC

Abasesenguzi muri politiki mpuzamahanga bagaragaje ko igisubizo cy'ibibazo by'umutekano muke mu burasirazuba

RwandAir yahagaritse ingendo zijya mu Buhinde

Sosiyete Nyarwanda itwara abantu n’ibintu mu ndege, RwandAir yatangaje ko izasubika ingendo

Tshisekedi arasabira u Rwanda ibihano akibutswa amasezerano ya Luanda na Nairobi

Muri iyi minsi imvugo za Perezida Tshisekedi n’abayobozi muri Leta ya Repubulika

Ubucuruzi bw’akabari mu gihombo!

Hambere aha muri Kanama 2023, Inama y’Abaminisitiri yanzuye ko ibikorwa by’utubari, restaurants,

Umuzuko w’u Rwanda na Tito Rutaremara – Igice cya mbere

Imyaka 30 irashize u Rwanda rubonye ubuzima bushya bugereranywa n'umuzuko kuko budafite

Leta yashyizeho ishimwe ry’akayabo ku baguzi basaba EBM

Umuguzi uzajya usaba fagitire ya EBM azajya agenerwa 10% nk’ishimwe ku musoro

“Abarozi” izingiro ry’ubuhanuzi bugezweho buyobeje benshi

Ijambo ubuhanuzi si rishya ndetse guhanura ni kimwe mu mirimo irambye ku

Paji nshya ya Gen. Nyamvumba muri dipolomasi, twitege iki?

Nyuma y’imyaka hafi ine, Gen Patrick Nyamvumba yongeye kugaragara ku rupapuro rw’umuhondo