Umwanditsi Mukuru

Follow:
1040 Articles

Ibihugu by’ibihangange biri gusunikira RDC kuganira n’u Rwanda

Ibihugu bikomeye birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Israel, n'u Bufaransa bikomeje

Goma irasumbirijwe, M23 niyifata harakurikiraho iki?

Umujyi wa Goma urasumbirijwe nyuma yo gufungirwa amayira yose ayinjiramo ndetse no

CAN: Umukino wa Nigeria na Afurika y’Epfo washwanishije ibihugu

Ikipe y'igihugu ya Nigeria kuri uyu wa gatatu  irakina n'iya Afurika y'Epfo

Ndayishimiye yasubiye mu ndirimbo ya Tshisekedi asabira u Rwanda ibihano

Perezida w'u Burundi, Ndayishimiye Evaritse, yiyambitse umwambaro w'inshuti ye, Tshisekedi, wo gusabira

Ifungwa ry’umupaka w’u Rwanda cyangwa icyubahiro: Ndayishimiye na Ndikuriyo barapfa iki?

Umuriro ukomeje kugurumana mu ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, aho

Ihuriro ry’intambara ya M23 na Balkanization yadutse Tshisekedi agifata ubutegetsi

"Balkanisation" ya DR Congo, cyangwa gucamo iki gihugu indi leta yigenga mu

Aho Perezida Kagame yakuye igitekerezo cyo kubaka BK Arena

Masai Ujiri, Perezida w'ikipe ya Toronto Raptors yavuze ko  Perezida Kagame ajya

KNC yagaruye Gasogi United muri shampiyona asaba inama y’umushyikirano

Kakooza Nkuriza Charles, KNC,  ufite ikipe ya Gasogi United yasabye ko habaho

Gikora gute? icyuma gisuzuma Kanseri u Rwanda rwaguze miliyoni 400

Nyuma yo kubona imashini ya Dx Flex ipima kanseri ziganjemo iyo mu

Perezida Kagame yahishuye ikimubabaza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida Kagame yavuze ko amateka y’u Rwanda atanga umuburo  ko ibyabaye mu

Police FC na AS Kigali W zatwaye igikombe cy’Intwari zibabaje APR na Rayon Sports

Ikipe ya Police FC yatwaye igikombe cy'intwari itsinze ku mukino wa nyuma

Ibibazo bikomeje kugwingiza umupira w’amaguru mu Rwanda

Kuwa 4 Nyakanga 2023 ubwo yagiranaga ikiganiro n'ikigo cy'Igihugu cy'itangazamakuru, Perezida Kagame,

Akaga ku hazaza h’ubuhinzi bwamamaza imvaruganda bwirengagiza imborera

Iyo uvuze ubuhinzi mu Rwanda, usanga bwararenze umurimo nk'indi ahubwo ni umuco

Isi ya ruguru n’Isi y’Epfo: Indorerwamo yo kwikunda no gusyigingiza ibihugu bikennye

Muri iyi minsi iyo ukurikiranye imbwirwaruhame z’abategetsi mu mpande enye z'Isi, wumva

Imyaka 11 irashize: Umunsi Bujumbura ihinduka umuyonga u Rwanda rugatabarana ingoga

Tariki 27  Mutarama 2013 ni bwo isoko rikuru rya Bujumbura mu Burundi

Abarundi baturiye u Rwanda batewe ubwoba n’abasirikare benshi bari gushyirwa ku mupaka.

Abarundi baturiye umupaka w'u Rwanda baravuga ko batewe ubwoba n'abasirikare  bari gukwirakwizwa

Abayoboke ba Green Party basabiye abagororwa indyo yuzuye

Mu nteko rusange y’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) mu mujyi

Kuboneza urubyaro mu bangavu: Icyifuzo cya Minisitiri Utumatwishima cyakuruye impaka

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X (yahoze yitwa Tweeter), Minisitiri

M23 irashinja FARDC kwica abaturage benshi muri Mweso

Iminsi itatu irashize agace ka Mweso ko  muri teritwari ya Masisi  gahindutse

U Bufaransa bwatangije iperereza kuri Lt Col Nzapfakumunsi ukekwaho Jenoside

Ubugenzacyaha mu gihugu cy'u Bufaransa bwatangije iperereza kuri Lt Col Nzapfakumunsi Jean

Uko amakipe azahura mu gikombe cy’Intwari

APR FC izakina na Musanze FC mu gihe Rayon Sports izakina na

Abavuga Ikinywarwanda bari guhigishwa uruhindu mu Burundi

Abanyamahanga bavuga ururimi rw’ikinyarwanda mu Burundi biganje mu mujyi wa Bujumbura batangiye

Gukuba kane abaganga mu myaka ine: Urukiramende rwa Guverinoma mu buvuzi

Ministeri y’ubuzima igaragaza ko umuganga umwe mu Rwanda ubu abarirwa abaturage 1000

Abanyarwanda bizeye umutekano ku gipimo kitigeze kubaho – MINUBUMWE

Ubwo yafunguraga inama y’umushyikirano, Perezida Kagame yabwiye abanyarwanda ko bagenda bakaryama bagasinzira

Perezida Kagame yasabye ‘abayobozi bashyushya intebe’ gusezera bakajya mu bindi

Asoza inama ya 19 y'umushyikirano, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yanenze imikorere

Ikiguzi cy’imanza 3 zaciwe na Arusha kingana n’ingengo y’imari yose y’Inkiko Gacaca

Urubanza rumwe mu zaciriwe mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR)

U Rwanda rwatabarije abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi

Minisitiri w’Ubumwe bw’abanyarwana n'inshingano mboneragihugu, Dr Jean-Damascène Bizimana yagaragaje ko urwango ku