Ubwanditsi

355 Articles

Andreas Brehme watwaranye Igikombe cy’Isi n’Ubudage yitabye Imana ku myaka 63

Uwahoze ari myugariro w’Ubudage, Andreas Brehme, watsinze igitego ku mukino wanyuma w’Igikombe

Wamkele Mene yongerewe manda y’Umunyamabanga wa AfCFTA

Wamkele Mene yongerewe manda y'imyaka ine yo kuyobora Ubunyamabanga Bukuru bw'isoko rusange

Tour du Rwanda2024: Jhonatan Restrepo yegukanye agace ka Huye-Rusizi

Jhonatan Restrepo yongeye kwegukana Agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2024

Ruhango: Abanyerondo 4 batemaguwe n’abantu bataramenyekana

Abantu 4 muri 5 bari ku irondo batemaguwe n’abantu bataramenyekana mu Mudugudu

Kiliziya ziri gusenywa izindi zigafungwa; ukwemera guke cyangwa iterambere?

Insengero zo mu bice bitandukanye by’Isi by’umwihariko i Burayi, zikomeje kubura abayoboke

Tour du Rwanda 2024: Impamvu ibirometero byagabanyutse

Tour du Rwanda 2024 izagira ibirometero 740 byose hamwe mu minsi 8

U Burusiya bwafashe Umunyamerika ukekwaho ‘ubugambanyi’

Ubuyobozi bw’u Burusiya mu mujyi wa Yekaterinburg bwataye muri yombi Umunyamerika ukekwaho

Umugaba mukuru w’ingabo za Algeria yageze mu Rwanda

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 19 Gashyantare, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu

Mu myaka ibiri nta wishwe na Covid-19 mu Rwanda

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko hashize imyaka ibiri nta muntu

Itamar Einhorn yegukanye agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda 2024

Umunya-Israel Itamar Einhorn w'imyaka 26, ukinira Israel-Premier Tech ni we wegukanye agace

Mwalimu Julius Nyerere yubakiwe ikibumbano ku cyicaro cya AU

Uwabaye Perezida wa Tanzania, Julius Nyerere, yahawe icyubahiro n’umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe

Uburambe mu kazi; izingiro ry’ubushomeri bwugarije urubyiruko

‘Waba utarigeze akazi ukabona uburambe ute?’ Hambere aha abahanzi Amag the Black

Amerika yemereye Ukraine imfashanyo ya miliyari $60

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yizeje mugenzi we

U Rwanda rwagaragaje impungenge ku kwinangira kwa RDC

U Rwanda rwagaragaje ko rutewe impungenge no kuba Guverinoma ya Repubulika Iharanira

UK: Impanga zavutse zifatanye zujuje imyaka irindwi

Abakobwa b'impanga, Marieme na Ndeye, ubwo bavukaga muri 2007, bahawe iminsi mike

Ikibuga cy’indege cya Goma cyagabweho igitero

Ikibuga mpuzamahanga cy'indege cya Goma cyaraye kigabweho ibitero nk'uko byemejwe n'Igisirikare cya

Ruto yahawe kuyobora amavugurura ya AU asimbuye Kagame

Perezida William Ruto wa Kenya yahawe inshingano zo kuyobora amavugurura y’inzego z’Umuryango

Tour Du Rwanda 2024: Menya agace ku kandi bazacamo n’umwihariko wako

Mu gihe habura umunsi umwe ngo irushanwa ryo gusiganwa ku magare ritangire,

Tshisekedi yanze kuva ku izima!

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Gashyantare 2024, Perezida

Lupita Nyong’o yakoze amateka mu iserukiramuco rya filime mu Budage

Umukinnyikazi wa filime ukomoka muri Kenya, Lupita Nyong'o, yaraye akoze amateka yo

Alexei Navalny utavugaga rumwe na Putin yapfiriye muri gereza

Alexei Navalny utavugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Putin yapfuye, akaba yaguye muri gereza

U Rwanda na Namibia byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

Uyu munsi taliki ya 16, Gashyantare, 2024, u Rwanda na Namibia byashyize

OpenAI yamuritse uburyo bushya bwo gukora ‘video’ ngufi

OpenAI, Ikigo cy’abanyamerika cyakoze ChatGPT, cyamuritse Application nshya yiswe ‘Sora’ izifashishwa mu

Inama ya AU: Ibibazo by’ingutu birindwi bitegereje AU mu 2024

Mu mpera z’iki cyumweru indege ziraba zicicikana mu kirere cya Addis Ababa,

Abanyamategeko mu Rwanda banenze umusaruro wa IRMCT

Mu gihe biteganyijwe ko urugereko rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe n’urukiko mpanabyaha rwari