Avatar photo

MUTANGANA Emmanuel

114 Articles

Ni iki gituma Kigali ikomeje kuba igicumbi cy’imari ku Isi?

Mu cyegeranyo cy'Ikigo Mpuzamahanga kitwa Z/Yen cyasohotse ku wa 21 Werurwe uyu

Icyo abikorera bateganyiriza ubutaka Congo-Brazzaville yahaye u Rwanda

Abari mu Rugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF) bakubutse muri Congo-Brazzaville aho bari

Hatangajwe amatariki ‘YouthConnect Africa 2024’ izaberaho

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 29 Werurwe, hatangajwe amatariki Ihuriro Nyafurika

Rubavu: Impamvu icyambu gishya cya Nyamyumba kitaratangira gukora

Mu karere ka Rubavu abakorera ku cyambu cy’agateganyo cya Nyamyumba baribaza impamvu

Abayobozi ba koperative bazajya babanza kumenyakanisha imitungo yayo

Abayobozi n’abakozi b’amakoperative bagiye kujya babanza kumenyekanisha imitungo yabo mu kigo cy’igihugu

Abanyarwanda barenga 50% ntibajya bisuzumisha indwara zo mu kanwa – RBC

Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, bugaragaza ko 57.1% by’Abanyarwanda batajya bisuzumisha

Kigali: Abamotari biyemeje kugaragaza impinduka mu mikorere yabo

Abatwara abagenzi kuri moto bakorera mu Mujyi wa Kigali, ku munsi w’ejo

Ishusho y’impinduka zabaye zigatuma ubukungu bw’u Rwanda buzamuka mu myaka 30 ishize

Abasesengura iby’ubukungu bemeza ko bashingiye ku byakozwe mu myaka 30 ishize, bitanga

Ese bigenda bite ngo havuke impanga zidahuje se?

Nubwo bidakunze kubaho cyane ariko birashoboka cyane ko umubyeyi ashobora kubyara impanga

Perezida Kagame yashimangiye ko ibibazo bya RDC bikwiye gukemurwa bihereye mu mizi

Tariki 25 Werurwe 2024, mu kiganiro cyihariye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,

Ese ikibazo cy’ubucucike mu Magororero cyaba cyabonewe umuti?

Ingingo y’ubucucike mu Magororero yo mu Rwanda, imaze igihe kirekire igarukwaho n’inzego

U Burusiya bwataye muri yombi abantu 11 bashinjwa igitero cy’i Moscow cyahitanye 115

Urwego rw'ubutasi mu Burusiya FSB ruratangaza ko abantu 11 aribo bamaze gutabwa

Hamuritswe amafoto 100 yihariye agaragaza amateka n’umuco by’Abanyarwanda

Mu ngoro y’ubugeni n’ubuhanzi iherereye i Kanombe mu karere ka Kicukiro hatangiye

Amerika yashyikirije UN umushinga w’umwanzuro usaba agahenge muri Gaza

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko zigiye gushyikiriza akanama ku muryango w’Abibumbye

Hayiti: Amabandi yafunze amwe mu marembo y’umurwa mukuru

Udutsiko tw’amabandi yitwaje intwaro, twongeye kugaba ibitero mu bice by’umurwa mukuru wa

Leta yasabye abacuruzi kurwanya ubujura bw’ibikorwaremezo

Guverinoma y’u Rwanda yasabye abacuruza insinga z’amashanyarazi, ibyuma bishaje n’ibindi bikoresho byakoreshejwe

BNR iraburira abishora mu bucuruzi bw’amafaranga butemewe

Ikoranabuhanga muri serivisi z’urwego rw’imari rikomeje gutera imbere ari nako hanakomeje kugaragara

Handball: Ikipe ya Polisi yaguze abakinnyi batanu bari inkingi za mwamba muri Gicumbi

Ikipe ya Polisi y’u Rwanda y’umukino w’amaboko wa handball (Police HC) yaguze

Kuzamura ibiciro by’ingendo ntibizahungabanya ibiciro by’ibiribwa – Rwangombwa

Mu gihe hashize icyumweru leta y’u Rwanda itangaje impinduka ku biciro bishya

MINEMA ikomeje gufata ingamba zo gukumira ibiza

Abagize ihuriro nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda ((NFPO) bagiriye inama

UN yambitse imidari yishimwe Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro

Tariki 20 Werurwe 2024, Umuryango w'Abibumbye (UN) wambitse imidali y'ishimwe abapolisi b’u

U Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa Francophonie

Tariki 20 Werurwe, u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Umuryango

Icyo ubuhanuzi bwa Nostradamus buvuga ku mwaka wa 2024, bumwe bwatangiye gusohora

Mu mwaka wa 2024, gushishikazwa n’ubuhanuzi bwa Nostradamus, umuhanga mu bumenyi bw’inyenyeri

Finland yongeye kuba igihugu cya mbere gifite abaturage bishimye ku isi

Mu gihe tariki ya 20 Werurwe ifatwa nk’umunsi mpuzamahanga wahariwe ibyishimo cyangwa

Ubucuruzi bwifashisha murandasi, imbarutso y’izamuka ry’umusaruro mbumbe w’u Rwanda mu 2023

Ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga ni kimwe mu bikomeje gutuma ibicuruzwa bigera ku bakiriya