Amafaranga yo gusana umuhanda Muhanga – Nyange yabonetse

Kuwa 30 Gicurasi,U Rwanda rwasinye amasezerano y'inguzanyo ingana na Miliyoni 20 z'amadorali

Inteko ishingamategeko ya EAC yugarijwe n’ubukene

Inteko ishingamategeko y'umuryango wa Afurika y'i Burasirazuba EAC yatangaje ko imirimo yayo

Diane Rwigara yagarutse kwiyamamariza kuba Perezida

Nk'uko yari yabiteguje mu gitondo cyo kuri uyu wa 30 Gicurasi 2024

Hakizimana Muhadjili yasezerewe mu myitozo y’Amavubi

Amakuru ava mu mwiherero w'ikipe y'igihugu Amavubi aremeza ko Hakizimana Muhadjili na

Batanu barimo umunyarwanda umwe bavuye muri Rayon Sport

Abakinnyi 5 ba Rayon Sport Youssef Rharb, Hategekinama Bonheur, Paul Aron Gomis,

“Afurika basuzuguye bagiye kuyifuza” Perezida Kagame

Mu nteko rusange ya 59 ya Banki nyafurika itsura amajyambere Perezida wa

Abashyingiranwa bagiye kwemererwa kwikorera amasezerano y’imicungire y’umutungo

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yatoye itegeko rigenga abantu n' umuryango. Zimwe mu

Barikana Eugene yakatiwe ihazabu y’ibihumbi 500Frw

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Barikana Eugène icyaha cyo gutunga intwaro mu

Abaperezida 15 bahitanwe n’impanuka z’indege kuva mu 1940

Inkuru yagarutswe ho cyane mu bitangazamakuru mpuzamahanga ni urupfu rwa Perezida wa

Barafinda yongeye kwiyamamariza kuba Perezida asezeranya kubaka Perezidansi 5

Barafinda Sekikubo Fred uvuga ko ari umunyepolitiki ufite impamvu 200 yagejeje ubusabe

Rwandair igiye kongera ingendo z’imizigo zijya Dubai

I sosiyete nyarwanda ikora ubwikorezi bw'abantu n'ibintu mu ndege ya Rwandair igiye

Afurika y’epfo: Ishyaka rya ANC rishobora gutsindwa amatora y’abadepite

Ishyaka rya ANC riri ku butegetsi kuva mu 1994 muri Afurika y'epfo

Perezida Kagame yitabiriye inama ya Banki nyafurika itsura amajyambere I Nairobi

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze i Nairobi muri Kenya aho yitabiriye

Abasenateri bahagurukiye ikibazo cy’ibiryo by’amatungo bihenze

Kuwa 29 Gicurasi muri Sena hateraniye inama nyunguranabitekerezo ku ngamba zo gukemura

u Rwanda rwemeje ko mu itangazamakuru harimo abashaka guhungabanya amatora

Mu itangazo ryashyizwe hanze n'ibiro by'umuvugizi wa Guverinoma kuwa 28 Gicurasi riremeza

Abadepite basabye ko amafaranga yahawe ba rwiyemezamirimo batayakwiriye agaruzwa

Kuwa 28 Gicurasi Inteko Rusange y'Umutwe w'Abadepite mu nteko ishingamategeko yagejejwe ho

Perezida Kagame yakiriye abadepite bo muri USA

Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yakiriye abagize Inteko Ishinga Amategeko ya

Minisitiri wa Siporo yasabye abanyempano bato kwiha intego

Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa; Umuyobozi wa Giants of Africa, Masai

Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yasabiye ibirwa bito kubahwa

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko ibirwa bito bikeneye kwitabwa ho

Kirehe: Umukozi w’akarere akurikiranwe ho Ruswa ya Miliyoni 21

Mu itangazo yashyize ku rubuga rwayo rwa X urwego rw'igihugu rw'ubugebzacyaha (RIB)

Hegitali zirenga 350 zigiye kugirwa ibyanya by’ubukerarugendo

Mu cyumweru gishize Guverinoma y'u Rwanda yamaze kwemeza igishushanyo mbonera cy'imikoreshereze y'ubutaka

Burundi: Gen Bunyoni yagarutse mu rukiko

Gen Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari Visi Perezida w'u Burundi yagejejwe mu

Umuryango w’abibumbye washyize hanze abayoboye FDLR, utamaza DRC – Raporo

Raporo y'umuryango w'abibumbye yemeje ko umutwe wa FDLR ugizwe n'abasize bakoze Jenoside

PS Imberakuri yagejeje urutonde rw’abakandida depite bayo muri NEC

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Gicurasi, Ishyaka PS Imberakuri ryashyikirije

Ku isi haba impanuka zo mu muhanda Miliyoni 50 buri mwaka

Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu bijyanye n’Umutekano wo mu Muhanda,

U Rwanda na Mali biyemeje ubufatanye bushya

U Rwanda na Mali byasinye amasezerano 19 y’ubufatanye mu nzego zirimo ubuzima,