Tag: nyamukuru

Ishusho y’ubukungu bw’u Rwanda nyuma ya Covid-19

Minisitiri w'Intebe, Dr Ngirente Edouard yagejeje ku mitwe yombi y'Inteko Ishinga Amategeko,

Perezida Kagame yaganiriye na Recep Tayyip Erdoğan wa Türkiye

Perezida Kagame uri i Dubai mu nama ya World Government Summit, yagiranye

RDC: Imyigaragambyo yahinduye isura hitabazwa imyuka iryana mu maso

Imyigaragambyo y’abamagana Leta zunze Ubumwe za Amerika n’u Burayi bakomeje gukaza umurego

Rwanda: Abasaga 200 bize ubuvuzi bicaranye ‘Diplôme’

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko imibare ifite yerekana ko mu gihugu

Ibiciro by’ingendo mu Rwanda bishobora gutumbagira vuba

Guverinoma y’u Rwanda yaraye itangaje ko igiye guhagarika amafaranga ya Nkunganire yatangiraga

Dukome n’ingasire! Umwotso ku kibazo cy’ingendo muri Kigali

Ntawe utibuka imirongo y'abagenzi yigoronzoye muri za gare zo hirya no hino

Igisubizo gifitwe n’Abanyarwanda: Perezida Kagame ku matora ya 2024

Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe cy’amatora, abaturage ari bo bemeza

Ibarura ryihariye ry’abafite ubumuga ryaheze he?

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) ivuga ko itarahabwa amafaranga yose yagenewe gukora ibarura

Perezida Kagame yarebye umukino Qatar yatwayemo igikombe cya Aziya

Qatar yegukanye igikombe cya Aziya ku nshuro ya kabiri yikurikiranya nyuma yo

Ibihugu by’ibihangange biri gusunikira RDC kuganira n’u Rwanda

Ibihugu bikomeye birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Israel, n'u Bufaransa bikomeje

Kuki abaturage bakomeje kwishora mu kubaka inzu mu buryo butemewe n’amategeko?

Ni kenshi humvikana abaturage basenyerwa cyane cyane mu Mujyi wa Kigali kuko

Impamvu zatumye ingengo y’imari ivuguruye yiyongeraho Miliyari 85Frw

Ingengo y’Imari ivuguruye y’u Rwanda y’umwaka wa 2023-2024, yavuye kuri miliyari 5

CG (Rtd) Gasana Emmanuel yasubijwe mu igororero

Ubushinjacyaha Bukuru n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) byatangaje ko Gasana Emmanuel wayoboye

Goma irasumbirijwe, M23 niyifata harakurikiraho iki?

Umujyi wa Goma urasumbirijwe nyuma yo gufungirwa amayira yose ayinjiramo ndetse no

Imyanzuro 13 y’inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 19

Kuva ku itariki ya 23 kugera ku ya 24 Mutarama 2024, i

Perezida Kagame yanyuzwe n’umusanzu wa Pologne mu iterambere ry’u Rwanda

Perezida Kagame kuri uyu wa Gatatu yakiriye mu biro bye, Village Urugwiro,

Ese Tshisekedi yaba agikomeje umugambi wo gushoza intambara ku Rwanda?

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Patrick Muyaya,

Ndayishimiye yasubiye mu ndirimbo ya Tshisekedi asabira u Rwanda ibihano

Perezida w'u Burundi, Ndayishimiye Evaritse, yiyambitse umwambaro w'inshuti ye, Tshisekedi, wo gusabira

Ifungwa ry’umupaka w’u Rwanda cyangwa icyubahiro: Ndayishimiye na Ndikuriyo barapfa iki?

Umuriro ukomeje kugurumana mu ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, aho

Perezida Andrzej Duda arasura u Rwanda: Ibyo wamenya ku mubano w’ibihugu byombi

Perezida wa Pologne, Andrzej Duda na Madamu we, Agata Kornhauser-Duda, ni bamwe

Ihuriro ry’intambara ya M23 na Balkanization yadutse Tshisekedi agifata ubutegetsi

"Balkanisation" ya DR Congo, cyangwa gucamo iki gihugu indi leta yigenga mu

Perezida Kagame yihanganishije umugore n’umuryango wa Perezida wa Namibia

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageneye ubutumwa bwo kwihanganisha umufasha wa nyakwigendera

U Rwanda ntiruzongera gukubitwa n’umurabyo: Perezida Kagame

Perezida Kagame yabwiye abanyarwanda ko umurabyo wakubiswe u Rwanda rimwe mu myaka

Aho Perezida Kagame yakuye igitekerezo cyo kubaka BK Arena

Masai Ujiri, Perezida w'ikipe ya Toronto Raptors yavuze ko  Perezida Kagame ajya

Mu myaka ine u Rwanda rwafunguye Ambasade 8 mu mahanga

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko imyaka 30 ishize u

Abavuga Ikinyarwanda muri RDC bashobora gukorerwa Jenoside

Imyaka ikomeje gushira indi igataha abavuga Ikinyarwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya