Tag: nyamukuru

Dr Ngirente yitabiriye irahira rya Perezida mushya wa Sénégal

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 02 Werurwe, Minisitiri w’Intebe, Dr Édouard Ngirente

Ubumwe bwabaye intandaro y’iterambere – Perezida Kagame

Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda mu ngeri zose kongera gusubiza amaso inyuma bakareba

Ni iki gituma Kigali ikomeje kuba igicumbi cy’imari ku Isi?

Mu cyegeranyo cy'Ikigo Mpuzamahanga kitwa Z/Yen cyasohotse ku wa 21 Werurwe uyu

Icyo abikorera bateganyiriza ubutaka Congo-Brazzaville yahaye u Rwanda

Abari mu Rugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF) bakubutse muri Congo-Brazzaville aho bari

Hatangajwe amatariki ‘YouthConnect Africa 2024’ izaberaho

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 29 Werurwe, hatangajwe amatariki Ihuriro Nyafurika

Rubavu: Impamvu icyambu gishya cya Nyamyumba kitaratangira gukora

Mu karere ka Rubavu abakorera ku cyambu cy’agateganyo cya Nyamyumba baribaza impamvu

Abanyepolitiki 9 bahanganye byeruye n’ubutegetsi bwa Habyarimana baburimo

Ministeri y'ubumwe bw'abanyarwanda n'inshingano mboneragihugu iravuga ubushakashatsi ku myitwarire y'abanyepolitiki batandukanye bahoze

Abayobozi ba koperative bazajya babanza kumenyakanisha imitungo yayo

Abayobozi n’abakozi b’amakoperative bagiye kujya babanza kumenyekanisha imitungo yabo mu kigo cy’igihugu

Abanyarwanda barenga 50% ntibajya bisuzumisha indwara zo mu kanwa – RBC

Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, bugaragaza ko 57.1% by’Abanyarwanda batajya bisuzumisha

Ishusho y’impinduka zabaye zigatuma ubukungu bw’u Rwanda buzamuka mu myaka 30 ishize

Abasesengura iby’ubukungu bemeza ko bashingiye ku byakozwe mu myaka 30 ishize, bitanga

Perezida Kagame yashimangiye ko ibibazo bya RDC bikwiye gukemurwa bihereye mu mizi

Tariki 25 Werurwe 2024, mu kiganiro cyihariye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,

Ese ikibazo cy’ubucucike mu Magororero cyaba cyabonewe umuti?

Ingingo y’ubucucike mu Magororero yo mu Rwanda, imaze igihe kirekire igarukwaho n’inzego

Hamuritswe amafoto 100 yihariye agaragaza amateka n’umuco by’Abanyarwanda

Mu ngoro y’ubugeni n’ubuhanzi iherereye i Kanombe mu karere ka Kicukiro hatangiye

Leta yasabye abacuruzi kurwanya ubujura bw’ibikorwaremezo

Guverinoma y’u Rwanda yasabye abacuruza insinga z’amashanyarazi, ibyuma bishaje n’ibindi bikoresho byakoreshejwe

BNR iraburira abishora mu bucuruzi bw’amafaranga butemewe

Ikoranabuhanga muri serivisi z’urwego rw’imari rikomeje gutera imbere ari nako hanakomeje kugaragara

Kuzamura ibiciro by’ingendo ntibizahungabanya ibiciro by’ibiribwa – Rwangombwa

Mu gihe hashize icyumweru leta y’u Rwanda itangaje impinduka ku biciro bishya

UN yambitse imidari yishimwe Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro

Tariki 20 Werurwe 2024, Umuryango w'Abibumbye (UN) wambitse imidali y'ishimwe abapolisi b’u

U Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa Francophonie

Tariki 20 Werurwe, u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Umuryango

Icyo ubuhanuzi bwa Nostradamus buvuga ku mwaka wa 2024, bumwe bwatangiye gusohora

Mu mwaka wa 2024, gushishikazwa n’ubuhanuzi bwa Nostradamus, umuhanga mu bumenyi bw’inyenyeri

Ubucuruzi bwifashisha murandasi, imbarutso y’izamuka ry’umusaruro mbumbe w’u Rwanda mu 2023

Ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga ni kimwe mu bikomeje gutuma ibicuruzwa bigera ku bakiriya

Itegeko rishya ritekereze no kubarura umutungo w’abashyingiranwa

Umushinga w’itegeko rigenga umuryango uri kugibwa ho impaka mu nteko ishingamategeko ugaragara

Mu Rwanda hagiye gukorerwa inzoga ikozwe mu rumogi

I sosiyete ya King Kong Organics (KKOG-Rwanda) ikomoka muri leta zunze ubumwe

Hazirikanwe ku nshuro ya 27 ubutwari bw’abanyeshuri b’i Nyange

Tariki ya 18 Werurwe nibwo hizihijwe ku ncuro ya 27 ubutwari bw’abana

Hatangajwe gahunda y’ingendo z’abanyeshuri bajya mu biruhuko by’igihembwe cya II

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyasohoye gahunda y’uko abanyeshuri bazataha

Impamvu hakwiye kubanza gupimwa ubutaka mbere yo guhinga

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) iri mu gikorwa cyo gupima imiterere y’ubutaka bwose