Umwanditsi Mukuru

Follow:
1046 Articles

Abacungagereza bari bafunzwe na RCS bararekuwe

Kuwa 23 Mata nibwo Makuruki.rw twabagejeje ho inkuru y'abacungagereza 135 bavugaga ko

Ukraine: Ku myaka 98 umukecuru yagenze ibirometero 10 n’amaguru ahunga

Umukecuru w'imyaka 98 w'umunya Ukraine Lidiia Lomikovska yavuze ko intambara y'uburusiya na

Abantu 100,000 bahawe akazi mu gucukura amabuye y’agaciro mu myaka 2

Imibare itangwa n'ihuriro ry'amacukuzi b'amabuye y'agaciro igaragaza ko abakozi bo muri uru

Aba Perezida 5 bategereje I Kigali muri “CEO Forum”

Ku mataliki ya 16 na 17 Gicurasi u Rwanda ruzakira inama izwi

Nkunganire Leta yageneraga abubaka inzu ziciriritse igiye guhabwa abazigura

Guverinoma y'u Rwanda binyuze muri Ministeri y'ibikorwa remezo iravuga iri gutegura umushinga

Perezida Tshisekedi yashyize umutekano wa RDC mu biganza by’ubufaransa

Mu kiganiro n'abanyamakuru cyakurikiye ibiganiro bya Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya

Skol yarushije Ferwafa Guhemba Rayon Sports WFC yegukanye ibikombe byombi

Rayon Sports y'abagore yagenewe n'umuterankunga wayo SKOL miliyoni 25 z'amanyarwanda kubera kwegukana

Hotel y’ubwato ikorera mu Kivu yagonze urutare

Amakuru y'igonga ry'ubwato Mantis Kivu Queen yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga mu

NEC yihanangirije abakandida bigenga kwirinda imikono mihimbano

Komisiyo y'igihugu y'amatora NEC yihanagirije abakandida bigenga batangiye gukusanya imikono hirya no

Ubufatanye muri Politiki nyarwanda si ubugwari ni umuvuno

Umwaka wa 2024 mu Rwanda ni umwaka w'amatora. Hazatorwa abagize inteko ishingamategeko

Ingingo nshya mu biganiro hagati ya Isiraheli na Hamas

Ku meza y'ibiganiro hagati y'umutwe wa Hamas na Leta ya Isiraheli ubu

Imvura idasanzwe irateganijwe mu ntangiro za Gicurasi

Ikigo cy'igihugu cy'iteganyagihe (Meteo Rwanda) cyateguje abanyarwanda ko iminsi 4 ibanza y'ukwezi

Abimukira bazava mu bwongereza uzashaka ubwenegihugu bw’u Rwanda azabuhabwa

Umuyobozi ushinzwe amasezerano y'ubucuruzi n'abimukira Dr Uwicyeza Doris Picard yatangaje ko abantu

55 bitandukanije na FDLR bashimiwe ko bitabye umuhamagaro w’u Rwanda

Mu kigo cya Mutobo ahanyuzwa abahoze mitwe yitwaje intwaro biyemeje gutaha mu

Rwa rushyi umutoza Saida yapyatuye Rwaka rwamuhanishije

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe umwanzuro wo guhagarika imikino 3

Kenya Airways yahagaritse ingendo zijya muri DRC

Isosiyete ikora ingendo z'indege ya Kenya Airways yahagarite ingendo zayo muri Repubulika

Umutungo wa Rwigara wo mu Kiyovu wamaze kugurishwa

Binyuze mu cyamunara, Umutungo wa Nyakwigendera Asinapolo Rwigara uherereye mu Kiyovu mu

Hafi 1/2 cya Ruswa yakurikiranwe mu myaka 5 yaririwe muri Kigali

Mu kiganiro Dusangirijambo cya Radio na televiziyo y'igihugu umuvugizi w'urwego rw'ubugenzacyaha RIB

Dubai igiye kubaka ikibuga cy’indege cya mbere ku isi

Dubai yatangaje ko yatangiye umushinga wo kubaka ikibuga cy'indege kizatwara Miliyari 35

Minisitiri w’intebe wa Espaigne ashobora kwegura

Minisitiri w'intebe wa Espaigne aratangaza niba yegura ku mirimo uyu munsi cyangwa

“Bugesera si aho kororera” – Aborozi bahangayitse nyuma ya cyamunara

Kuwa 25 Mata nibwo akarere ka Bugesera kagurishije mu cyamunara inka 21

Imboga n’imbuto u Rwanda rwohereza mu mahanga byikubye inshuro 25

Imibare y'ikigo cy'igihugu gishinzwe kohereza mu mahanga ibikomoka ku buhinzi n'ubworozi NAEB

ICC igiye gusaba itabwa muri yombi rya Netanyahu

Abategetsi muri Leta ya Israel bemeje ko bamaze kwakira inzandiko z'urukiko mpuzamahanga

Ifoto itangaje: Ingona ihetse abana bayo barenga 100

Umufotozi w'umuhinde usanzwe amenyerewe mu gufotora ibinyabuzima byo mu nyanja Dhritiman Mukherjee yasohoye

Ireland yarahiriye gusubiza abimukira bayigannye mu bwongereza

Minisitiri w'intebe wa Repubulika ya Ireland Simon Harris yasabye Ministre w'ubutabera w'icyi

Afurika niwo mugabane ubereye ishoramari – Perezida

Mu nama yiga ku cyerekezo gishya cy'iterambere ry'isi izwi nka "World Economic

Hamas yasohoye amashusho y’abo yafashe bugwate

Umutwe wa Hamas washyize hanze ubutumwa bw'amashusho bwerekana babiri mu baturage wafashe