Perezida Kagame yaganiriye na Ruto ku mutekano w’akarere 

Perezida w'u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Kenya  William Ruto

Perezida wa Hungary yeguye ku mirimo

Madamu Katalin Novak, wari Perezida wa Hungary ari na we wa mbere

Rwanda: Abasaga 200 bize ubuvuzi bicaranye ‘Diplôme’

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko imibare ifite yerekana ko mu gihugu

APR FC ifite abagambanyi? Thierry Forger yiniguye

Umutoza wa APR FC, Thierry Forger, yavuze ko Umunya-Cameroon, Salmon Bindjeme, ari

Ibiciro by’ingendo mu Rwanda bishobora gutumbagira vuba

Guverinoma y’u Rwanda yaraye itangaje ko igiye guhagarika amafaranga ya Nkunganire yatangiraga

Kigali igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga ryiswe “Kigali Triennial”

Ubuyobozi bw'Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hagiye kuba iserukiramuco mpuzamahanga rya “Kigali

U Bwongereza bwashyizeho ambasaderi mushya mu Rwanda

Alison Heather Thorpe yagizwe Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, akazatangira inshingano ze

Dukome n’ingasire! Umwotso ku kibazo cy’ingendo muri Kigali

Ntawe utibuka imirongo y'abagenzi yigoronzoye muri za gare zo hirya no hino

Igisubizo gifitwe n’Abanyarwanda: Perezida Kagame ku matora ya 2024

Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe cy’amatora, abaturage ari bo bemeza

Disi Dieudonné yashenguwe n’urupfu rwa Hakizimana waguye mu mpanuka muri Kenya

Disi Dieudonné wamamaye cyane mu Rwanda mu gusiganwa ku maguru 'marathon' yashenguwe

Ibarura ryihariye ry’abafite ubumuga ryaheze he?

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) ivuga ko itarahabwa amafaranga yose yagenewe gukora ibarura

Hubatswe imihanda ya Kaburimbo ireshya n’ibirometero 1,639 mu myaka 30 ishize

Umuyobozi Mukuru wungirije w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere rya Taransiporo (RTDA), Mwiseneza Maxime

CAN: Cote d’Ivoire yatangiye nabi yatwaye igikombe

Inzovu za Cote d'Ivoire zatwaye igikombe cy'Afurika cy'Umupira w'amaguru cyaberega muri iki

Pakistan yahagaritse serivisi z’itumanaho mu gihugu hose

Guverinoma ya Pakistan yafashe umwanzuro wo guhagarika by’agateganyo serivisi z’itumanaho rya terefone

Guverinoma ya Zimbabwe yakuyeho igihano cy’urupfu

Inteko Ishinga Amategeko ya Zimbabwe yatoye itegeko rikuraho igihano cy’urupfu cyizege gukatirwa

Perezida Kagame yarebye umukino Qatar yatwayemo igikombe cya Aziya

Qatar yegukanye igikombe cya Aziya ku nshuro ya kabiri yikurikiranya nyuma yo

Liberia: Abayobozi bahamagariwe kwipimisha ibiyobyabwenge

Perezida wa Liberia, Joseph Boakai, nyuma yo gupimwa bagasanga nta biyobyabwenge akoresha,

Senegal: Imyigaragambyo ikomeje gukaza umurego

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Senegal, Aminata Touré, yashinjije Perezida Macky Sall

RDC: Abaminisitiri biganye abakinnyi bahinduka igitaramo

Amafoto yakwirakwijwe ku rubuga rwa X rwa @actualite.cd agaragaza Abaminisitiri muri Repubulika

Ese haba hagiye kubura ibiganiro hagati ya Guverinoma ya Congo na M23?

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa

Joe Biden yamaganye raporo ivuga ko afite ikibazo cyo kwibagirwa vuba

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America (USA), Joe Biden, yamaganye ibiherutse

Ingoro y’Umupfumu Rutangarwamaboko yahiye

Inyubako y’Umupfumu Rutangarwamaboko iherereye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo,

Ibihugu by’ibihangange biri gusunikira RDC kuganira n’u Rwanda

Ibihugu bikomeye birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Israel, n'u Bufaransa bikomeje

Kazungu Denis yemeye ibyaha byose aregwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatangiye kuburanisha mu mizi, urubanza ruregwamo Kazungu Denis

Kuki abaturage bakomeje kwishora mu kubaka inzu mu buryo butemewe n’amategeko?

Ni kenshi humvikana abaturage basenyerwa cyane cyane mu Mujyi wa Kigali kuko

Impamvu zatumye ingengo y’imari ivuguruye yiyongeraho Miliyari 85Frw

Ingengo y’Imari ivuguruye y’u Rwanda y’umwaka wa 2023-2024, yavuye kuri miliyari 5