Avatar photo

MUTANGANA Emmanuel

113 Articles

Abaganga muri Kenya bahagaritse imyigaragambyo yarimaze amezi abiri

Leta ya Kenya yasinyanye amasezerano n’abaganga, bari bamaze igihe mu myigaragambyo. Minisiteri

Impamvu imbwa zinyara zimanitse ukuguru kumwe

Imbwa imanika akaguru (ibishoboye yamanika abiri) mu buryo bwo kugerageza kunyara kure

Brazil: Imyuzure yahitanye abagera kuri 90, abarenga 150.000 bava mu byabo

Mu nkengero z’umujyi wa Eldorado do Sul, mu bilometero 17 uvuye mu

Hatangijwe ubukangurambaga ku buringanire muri serivisi z’ubuziranenge

Mu gutangiza ubukangurambaga bwo guteza imbere ubuziranenge bushingiye ku buringanire, abagore bakora

Aba- Uighurs bateguye imyigaragambyo yamagana uruzinduko rwa Perezida Xi Jinping mu Bufaransa

Kuri uyu wa mbere amagana y’Abashinwa bo mu bwoko bw’aba- Uighurs bateguye

Umusaruro w’ibikorwa by’urubyiruko rw’abakorerabushake mu myaka 10 ishize

Urubyiruko rw’abakorerabushake bazwi ku izina rya ‘Youth Volunteers’ bavuga ko bishimira ibyagezweho

Hagaragajwe impamvu mu kigega cy’Igihugu cy’ibiribwa cy’ingoboka harimo ibiribwa bike

Komisiyo Ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'imari n'umutungo by'igihugu (PAC), yakiriye Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi

Inkuru ibabaje! Umwiraburakazi Sarah Baartman wazize ubunini bw’amabuno ye

Amazina ye nyakuri ni Saartjie Baartman, akaba umwiraburakazi wavukiye muri Afurika y’Epfo

Aziya yugarijwe n’ikibazo cy’ubushyuhe bukabije

Mu gihe ahandi havugwa imvura irimo guteza inkangu n’imyuzure, hari ibice byo

Hakenewe imikoranire y’inzego zitandukanye kugira ngo imihigo yeswe – MINALOC

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) isanga kugira ngo imihigo yeswe uko bikwiye hakenewe

Kenya: Perezida Ruto yateguje umuyaga ukabije wa Serwakira ku Cyumweru

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 03 Gicurasi

Ubukene Afurika ihorana bwapanzwe n’Uburengerazuba bw’isi mu myaka 60 ishize – Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yavuze ko ubukene umugabane w’Afurika uhorana

Biteganyijwe ko mu ntangiriro u Bwongereza buzohereza abimukira bagera ku 6,000 mu Rwanda

Guverinoma y’u Bwongereza, yatangaje ko yiteze ko abimukira bagera mu 6,000 bazajyanwa

Abacuruzi b’impu bahangayikishijwe no kugabanuka ku igiciro cyazo

Abacuruza impu ndetse n’abazohereza hanze y’u Rwanda bahangayikishijwe no kuba ngo muri

Impamvu zishobora kubabuza kubyara kandi muri bazima

Imwe mu mpamvu nyamukuru zituma abantu bubaka urugo harimo kugira ababakomokaho nuko

Igisasu cy’u Burusiya cyahitanye 4 gikomeretsa 32 muri Ukraine

Ingabo z’u Burusiya zarashe igisasu cyo mu rwego rwa misile ya karahabutaka

Uko u Rwanda rwungukiye mu kwigirira inganda ziteranyirizwamo amatara yo ku mihanda

Mu Rwanda hamaze kugezwa inganda 2 ziteranya amatara yo ku mihanda akoranye

USA: Abanyeshuri ba za kaminuza biyemeje gufata ikindi cyumweru bigaragambya

Imyigaragambyo y’abanyeshuri ba kaminuza zitandukanye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika (USA) bamagana

Bwa mbere Ishyaka PDI rizahatana mu matora y’Abadepite ku giti cyaryo

Ku nshuro ya mbere Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI) ryemeje ko riziyamamaza

Burundi: Abacuruzi b’utubari barataka ibura rya Amstel na Primus ku isoko

Ibinyobwa by’uruganda rwenga inzoga n’imitobe ‘Brarudi’ byabuze ku isoko yaba mu mujyi

USA: Hongeye kubura imyigaragambyo y’abanyeshuri bamagana intambara yo muri Gaza

Kuva ku munsi w’ejo ndetse no mu gitondo cy’uyu munsi tariki ya

Burundi: Abana b’imyaka 9 kugeza kuri 17 bagiye gutozwa igisirikare

Umunyabanga Mukuru w’Ishyaka, CNDD-FDD riri ku butegetsi mu guhugu cy’u Burundi, Révérien

Ikoranabuhanga rya drones mu byifashishijwe mu kurwanya Malariya

U Rwanda rwatangaje ko rwashyize imbaraga mu gushyira mu bikorwa ingamba zo

Ishusho ngari y’uko umutungo wa Leta wakoreshejwe umwaka ushize

Raporo y’Urwego rw’Ubugenzuzi Bukuru bw’Imari ya Leta y’umwaka ushize, igaragaza ko urwego

Itandukaniro hagati y’amashereka n’amata y’inka

Kubera ubuzima busigaye busaba ko kenshi umubyeyi ataba ari hafi y’umwana we

Abimukira 5 bapfuye barohamye bajya mu Bwongereza

Abimukira 5 barimo umwana bapfuye barohamye mu mazi y’inyanja y’Atlantika agabanya u