Ibyo ukwiriye kumenya ku bizamini bya perimi by’ikoranabuhanga

Itangazo rya Polisi y'igihugu ku birebana no gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga

Inkuru ibabaje! Umwiraburakazi Sarah Baartman wazize ubunini bw’amabuno ye

Amazina ye nyakuri ni Saartjie Baartman, akaba umwiraburakazi wavukiye muri Afurika y’Epfo

Aziya yugarijwe n’ikibazo cy’ubushyuhe bukabije

Mu gihe ahandi havugwa imvura irimo guteza inkangu n’imyuzure, hari ibice byo

KU IVUKO: “Kubyutsa Umukwe” umuhango utangaje ukurikira ubukwe mu cyaro

Twarabibemereye kandi ntituzabatenguha. Mu mpera z'icyumweru Makuruki.rw izajya ibatembereza hanze y'umujyi. Twiganirire

u Rwanda rukomeje kunoza umubano n’uburayi bw’amajyaruguru

Ministiri w'ububanyi n'amahanga w'u Rwanda Dr. Vincent Biruta ari ku mugabane w'u

u Rwanda rwamaganye abarushinja igitero cyagabwe ku nkambi ya Mugunga

Asubiza ubutumwa bwatangajwe n'umuvugizi wungirije wa Leta zunze ubumwe za Amerika; Umuvugizi

Abarenga ibihumbi 32 bavuwe ku buntu na RDF mu mezi 2

Inzobere z'abaganga bo mu ngabo z'u Rwanda (RDF) zimaze gutanga ubuvuzi ku

Hakenewe imikoranire y’inzego zitandukanye kugira ngo imihigo yeswe – MINALOC

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) isanga kugira ngo imihigo yeswe uko bikwiye hakenewe

AFC yaciye amarenga ko intambara yeruye ishoboka i Goma

Mu itangazo Alliance Fleuve Congo (AFC) bashyize hanze ku wa 3 Gicurasi

Ishusho rusange y’ibiza mu Rwanda mu mezi 2 ashize

Raporo ya Ministeri ifite imicungire y'ibiza mu nshingano MINEMA iratangaza ko mu

Kenya: Perezida Ruto yateguje umuyaga ukabije wa Serwakira ku Cyumweru

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 03 Gicurasi

RSF yahaye u Rwanda amanota 40% mu bwisanzure bw’itangazamakuru

Umuryango uharanira ubwisanzure bw'itangazamakuru, Reporters Sans Frontières (RSF) wasohoye raporo yawo ngarukamwaka

M 23 yashyize ho ubuyobozi n’abapolisi bayo I Kitshanga

Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ahitwa Kitshanga

Umuhanda Muhanga – Ngororero si nyabagendwa

Polisi y'u Rwanda yashyize itangazo ku rukuta rwayo rwa X isaba abakorera

Turikiya yahagaritse ubucuruzi na Isiraheli

Turikiya yahagaritse ubucuruzi bwose na Isiraheli ivuga ko uguhahirana kose hagati ya

Amaguriro y’abashinzwe umutekano “Army Shops” yemerewe gukora n’ubundi bucuruzi

Itegeko rigenga ingabo z'igihugu rivuguruye ryatowe n'abagize inteko ishingamategeko kuwa 02 Gicurasi

Ingo 5000 zimaze kwimurwa ahashyira ubuzima bwabo mu kaga

Nyuma y'itangazo rya Meteo Rwanda riteguza imvura idasanzwe mu ntangiro z'ukwezi kwa

“Tuziyunga n’uzasimbura Kagame; ntazabaho iteka ryose” – Perezida Tshisekedi

Mu kiganiro cyihariye Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Felix Antoine

Ubukene Afurika ihorana bwapanzwe n’Uburengerazuba bw’isi mu myaka 60 ishize – Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yavuze ko ubukene umugabane w’Afurika uhorana

Abagabo bakwirakwiza Kanseri y’inkondo y’umura n’ubwo batayirwara – RBC

Ikigo cy'igihugu cy'ubuzima RBC kivuga ko imibonano mpuzabitsina idakingiye ari imwe mu

Abongereza badashyikigiye kohereza abimukira mu Rwanda batangiye imyigaragambyo

Kuwa 2 Gicurasi hari itsinda ry'abongereza babarirwa muri mirongo batangiriye imodoka ya

Ubudage buhangayikishijwe n’abaturage batagishaka kubyara no gushinga ingo

Umubare w'abana bavutse n'abashinga ingo mu budage uragenda ugabanuka. Ku rwego ruhangayikishije

RDF igiye kugira umugaba w’ingabo wungirije

Umugaba mukuru w'ingabo wungirije ni imwe mu mpinduka ziri mu itegeko rigenga

USA yafatiye ibihano ibigo amagana byo mu Bushinwa na Hong Kong

Leta zunze ubumwe za Amerika zamaze gutangaza ibihano bishya ku bigo bikomeye

Abacungagereza bari bafunzwe na RCS bararekuwe

Kuwa 23 Mata nibwo Makuruki.rw twabagejeje ho inkuru y'abacungagereza 135 bavugaga ko

Ukraine: Ku myaka 98 umukecuru yagenze ibirometero 10 n’amaguru ahunga

Umukecuru w'imyaka 98 w'umunya Ukraine Lidiia Lomikovska yavuze ko intambara y'uburusiya na

Abantu 100,000 bahawe akazi mu gucukura amabuye y’agaciro mu myaka 2

Imibare itangwa n'ihuriro ry'amacukuzi b'amabuye y'agaciro igaragaza ko abakozi bo muri uru